Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gutegura umwaka mushya wa Shampiyona, yemeje ko iri mu biganiro n’abakinnyi bane barimo batatu bo mu mutima w’ubwugarizi na Raphael Osaluwe yari yaratije muri As Kigali.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
Rayon Sports iri mu biganiro n’abarimo Osaliwe na Emery Bayisenge
25 June 2024, by Jah d’eau Dukuze -
Nacho Fernandez yatandukanye na Real Madrid yari amazemo imyaka 26
25 June 2024, by Jah d’eau DukuzeIkipe ya Real Madrid yo muri Espagne yemeje ko yatandukanye na myugariro wari Kapiteni wayo, Nacho Fernandez, ugiye muri Qatar nyuma yo gukina imyaka 12 mu Ikipe Nkuru.
-
Police FC izitabira CECAFA Kagame Cup
25 June 2024, by Jah d’eau DukuzeImpuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika y’Iburasirazuba no Hagati (CECAFA) yemeje ko Ikipe ya Police FC yo mu Rwanda yongerewe mu makipe azitabira ’CECAFA Kagame Cup’ y’uyu mwaka.
-
Abakinnyi umunani bazahagararira u Rwanda mu Mikino Olempike
25 June 2024, by Jah d’eau DukuzeAbakinnyi umunani ni bo bemejwe ko bazahagararira u Rwanda mu mikino Olempike izabera i Paris mu Bufaransa hagati ya tariki 26 Nyakanga kugeza ku ya 11 Kanama 2024.
-
Cricket, Triathlon n’imikino y’Abafite Ubumuga, ku isonga ry’imikino yazamuye izina mu myaka irindwi ishize
26 June 2024, by Iradukunda OlivierSiporo Nyarwanda ni imwe muri gahunda zibanzweho mu myaka irindwi ishize, aho yashowemo atari make mu kubaka ibikorwaremezo, guteza imbere impano z’abakiri bato, ubukerarugendo buyishingiyeho ndetse n’ibindi.
-
Euro 2024: Autriche yigaranzuye u Buholandi ikomezanya n’u Bufaransa muri 1/8
26 June 2024, by Iradukunda OlivierIkipe y’Igihugu y’u Bufaransa yanganyije n’iya Pologne igitego 1-1 na Autriche yatsinze u Buholandi 3-2 mu mikino ya nyuma yo mu Itsinda D mu y’Igikombe cy’u Burayi cya 2024, byakomeje muri 1/8.
-
Copa América 2024: Argentine yabimburiye abandi kugera muri ¼
26 June 2024, by Byiringiro Osée ElvisIkipe y’Igihugu ya Argentine yabimburiye andi kugera muri ¼ cya Copa América nyuma yo gutsinda Chile igitego 1-0 ikuzuza amanota atandatu mu Itsinda A.
-
APR FC igiye kwakira abakinnyi babiri yatanzeho arenga miliyoni 450 Frw
26 June 2024, by Jah d’eau DukuzeAPR FC ikomeje kwitegura imikino ya CAF Champions League yatangaje ko yarangije ibiganiro n’abakinnyi babiri bakina mu kibuga hagati ari bo Seidu Dauda Yassif na Richmond Lamptey bombi bakomoka muri Ghana.
-
Minisiteri ya Siporo yavuze ku byo guhindura izina ry’Ikipe y’Igihugu rikaba ’Intare’
26 June 2024, by Jah d’eau DukuzeMinisiteri ya Siporo yatangaje ko kugeza ubu nta gahunda ihari yo guhindura izina ry’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, rikaba ’Intare’, nyuma y’uko bamwe mu bakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda babitanzemo icyifuzo.
-
U Rwanda rwikuye mu kwakira Igikombe cy’Isi cy’Abakanyujijeho
26 June 2024, by Jah d’eau DukuzeUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwavuze ko rwahagaritse ubufatanye igihugu cy’u Rwanda cyari gifitanye na EasyGroup EXP itegura igikombe cy’isi cy’aba-Veterans bityo irushanwa ryari riteganyijwe muri Nzeri rikaba ritakibereye mu Rwanda.
IGIHE