Abahanzi barimo Mani Martin, Rafiki Coga Style na Patrick Nyamitari bamaze imyaka myinshi mu muziki w’u Rwanda ndetse na barumuna babo batari bake byamaze kwemezwa ko bazasusurutsa abazitabira iserukiramuco rya ‘Volkano Festival’.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Mani Martin, Rafiki Coga Style na Patrick Nyamitari; mu batumiwe muri ‘Volkano Festival’
4 September 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Sandrine Isheja, Platini P, Tonzi na Ziggy55 mu byamamare byavutse mu kwezi kwa Nzeri
6 September 2024, by Nsengiyumva EmmyMu gihe twamaze kwinjira mu kwezi kwa Nzeri 2024, benshi mu bakuvutsemo ubu ibyishimo ni byose batangiye kubarira uburyo bwo kwizihiza iminsi bavukiyeho ari nako inshuti zabo zitegura ku bwinshi kwitabira ibirori byabo.
-
Yabanje kugira ngo ni abatekamutwe: Uko indirimbo ya Element yageze mu zitoranywamo izihatanira Grammy
5 September 2024, by Nsengiyumva EmmyMu gitondo cyo ku wa 4 Nzeri 2024 byari inkuru nshya mu myidagaduro y’u Rwanda ko Element Eleéeh usanzwe afite izina rikomeye mu muziki w’u Rwanda, indirimbo ye ishobora kwinjira mu zitoranywamo guhatanira Grammy.
-
Cedric Mineur umaze kubaka izina mu gucuranga ‘Saxophone’ agiye gukora igitaramo cye cya mbere
5 September 2024, by Nsengiyumva EmmyCedric Mineur usanzwe ari umucuranzi wa Saxophone ariko unazwiho ubuhanga mu gukoresha ibindi bikoresho by’umuziki akaba n’umuririmbyi mwiza yateguje igitaramo cye cya mbere yise ‘Rythm of the soul’.
-
Runtown ategerejwe i Kigali
5 September 2024, by Nsengiyumva EmmyRuntown [Douglas Jack Agu] uri mu bafite izina rikomeye muri Nigeria no muri Afurika muri rusange, ategerejwe i Kigali aho yaherukaga gutaramira mu 2017 ubwo yari yatumiwe mu gitaramo cyari cyiswe ‘Runtown Experience Kigali’.
-
Titi Brown yakomoje ku irengero ry’umushinga wo gushinga ishuri ryigisha kubyina
5 September 2024, by Mahoro VainqueurUmubyinnyi Titi Brown uri mu bafite izina rikomeye mu muziki w’u Rwanda, yatangaje aho ageze ashyira mu bikorwa umushinga w’ishuri ryigisha kubyina yateguje mu mezi icyenda ashize.
-
Byajemo n’amarozi! Inzangano muri ‘Showbizz’ zikomeje gufata indi ntera
6 September 2024, by Uwiduhaye TheosIbintu byashyushye! Buri munota umuntu arahumbya agasanga hahiye wa mugani w’ab’iki gihe. Ubu buri wese ari guhoza ijisho ku mbuga nkoranyambaga ngo hatagira akantu kamucika na gato.
-
Ibyo wamenya kuri “Deliverance”; filime iri kubica kuri Netflix
6 September 2024, by Uwiduhaye TheosNiba ukunda filime ziteye ubwoba nta kabuza iyi nayo ishobora kuza kujya ku rutonde rw’izo ushobora kureba muri iyi minsi. Iyo ni “The Deliverance” iri kubica ku rubuga rwa Netflix ruri mu mbuga zikundwa na benshi bakurikirana filime, ndetse yatumye benshi bacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga.
-
Anita Pendo yerekeje kuri Kiss FM
6 September 2024, by Nsengiyumva EmmyNyuma y’uko Anita Pendo asezeye kuri RBA, byakunze guhwihwiswa ko agiye kwerekeza kuri Kiss FM asimbuye Sandrine Isheja mu kiganiro ‘Celebs Breakfast’ kiva ku wa Mbere kugeza ku wa Gatanu.
-
Me Gatari yasabye impinduka mu itegeko ritambamira RIB guhana ibyaha bikorerwa ku mbuga nkoranyambaga
6 September 2024, by Nsengiyumva EmmyUmunyamategeko Gatari Salim Steven yasabye ko habaho impinduka ku ngingo y’itegeko nimero 68/2018 ryo ku wa 22 Kanama 2018, ryerekeye gukumira no guhana ibyaha bikoreshejwe ikoranabuhanga.
IGIHE