Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 28 Gicurasi 2024, Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa ari kumwe na Masai Ujiri uyobora Umuryango Giants of Africa, batashye ku mugaragaro ikibuga cya Basketball cyubatswe mu Ishuri rya Ecole Notre Dame de la Providence de Karubanda (ENDPK).
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
Minisitiri Munyangaju na Masai Ujiri batashye ikibuga cya Basketball cyubatswe muri ENDP Karubanda (Amafoto)
28 May 2024, by Iradukunda Olivier -
Volleyball- Ibuye ryanzwe n’abubatsi kandi ari ryo ryagakomeje imfuruka
31 May 2024, by Jah d’eau DukuzeUyu munsi nari nakoze ibishoboka ngo sinifashije ingero zo muri Bibiliya cyane ko maze iminsi mpura n’inkuru zo mu Ruhango na Kimisagara zigaragaza ko ubu butumwa bwera ahari butakigera ku mitima ya bene Gihanga. Aha ariko, Umwana w’Imana ngo rimwe yigeze kubwira bene wabo wa Netanyahu ati "Ubwami bw’Imana muzabunyagwa, buhabwe ishyanga ryera imbuto zabwo."Aha yashimangiraga ibyanditswe muri Zaburi ko ibuye abubatsi banze ari ryo ryakomeje imfuruka.
-
Volleyball: Amakipe arenga 50 arimo ayo muri Kenya azitabira ‘Memorial Rutsindura’
28 May 2024, by Jah d’eau DukuzeIrushanwa ngarukamwaka rya Volleyball rigamije kwibuka Alphonse Rutsindura wabaye umwarimu mu Ishuri rya Petit Séminaire Virgo Fidelis de Butare, rizaba ku nshuro ya 20, tariki ya 8 n’iya 9 Kamena 2024, aho amakipe arenga 50 yo mu byiciro bitanu bitandukanye ari yo azaryitabira.
-
Amakipe yo muri Tanzania na Uganda yitezwe mu Irushanwa ryo Kwibuka muri Handball
29 May 2024, by Eric Tony UkurikiyimfuraMu mpera z’iki cyumweru, kuva tariki ya 31 Gicurasi kugeza ku ya 2 Kamena 2024, i Kigali hazabera Irushanwa ryo Kwibuka abakinnyi, abatoza, abakunzi n’abandi bari bagize umuryango wa Handball bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Patriots BBC yinjiye mu mikoranire na BRD (Amafoto)
28 May 2024, by Eric Tony UkurikiyimfuraIkipe ya Patriots BBC iri kwizihiza imyaka 10 ishize ishinzwe, yasinyanye amasezerano y’imyaka itanu y’ubufatanye na Banki y’Igihugu y’Iterambere (BRD) aho mu bikubiyemo harimo kuzayubakira inzu y’imikino n’imyidagaduro.
-
Champions League: Umukino wa nyuma w’uyu mwaka ugiye guca agahigo mu gucungirwa umutekano
29 May 2024, by IGIHEUmukino wa nyuma wa UEFA Champions League uteganyijwe ku wa Gatandatu, tariki ya 1 Kamena, hagati ya Borussia Dortmund na Real Madrid, uzaca agahigo ko kugira abashinzwe umutekano benshi bazwi ku kibuga.
-
MTN Rwanda yinjiye mu mikoranire na BAL
29 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisSosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yinjiye mu mikoranire na Basketball Africa League aho abafana b’iri rushanwa bazajya barikurikira binyuze kuri application yayo ya Ayoba bakanatsindira ibihembo bitandukanye.
-
Ibibazo hagati ya Samuel Eto’o na Minisiteri ya Siporo bisize Cameroon ifite abatoza babiri batandukanye
29 May 2024, by Jah d’eau DukuzeIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu gihugu cya Cameroon, FECAFOOT ryarangije gushyiraho umutoza Dr Tinkeu Nguimgou nk’umutoza w’agateganyo wa Lions Indomptables mu gihe Minisiteri ya Siporo y’iki gihugu ikomeje gushimangira ko umutoza mukuru akiri Marc Brys.
-
Adel Amrouche ni umwe muri bo: Ibyo wamenya ku batoza bari mu biganiro na APR FC
29 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisAPR FC ikomeje ibiganiro n’abatoza batandukanye yifuza gusimbuza Umufaransa Thierry Froger wasoje amasezerano ye muri iyi kipe.
-
Hansi Flick yagizwe umutoza wa FC Barcelona
29 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisUmudage Hansi Flick yagizwe umutoza wa FC Barcelona mu gihe cy’imyaka ibiri, aho yasimbuye Xavi Hernández wirukanwe mu cyumweru gishize.
IGIHE