Kidum uri mu bahanzi bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba akaba umwe mu baturuka hanze bamaze gukorera ibitaramo byinshi mu Rwanda, ategerejwe mu gitaramo cyo kwishimira ibirenga 100 amaze kuhakorera.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Kidum yatumiwe muri ’Gen-Z Comedy’
18 August 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Miss Sangwa Odile yakoze ubukwe n’Umuyobozi wa Tigers BBC (Amafoto)
18 August 2024, by Nsengiyumva EmmyMiss Uwase Sangwa Odile wabaye igisonga cya kabiri cya Miss Rwanda 2019, Nimwiza Meghan, kuri uyu wa 18 Kanama 2024 yakoze ubukwe na Shyaka Francis, usanzwe ari umuyobozi w’ikipe ya Tigers Basketball Club ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda.
-
Ibyo wamenya kuri Ira Badena, umusizi w’impano yashimwe na Rumaga akiyemeza kumushyigikira
19 August 2024, by Nsengiyumva EmmyIzina Badena ni rishya mu matwi ya benshi ariko ni iry’umusore w’umunyempano mu bijyanye n’ubusizi, uyu akaba yamaze gushyira hanze igisigo gishya yise ‘Umunyabutare’ yakoranye na Junior Rumaga uri mu basizi bamaze gushinga imizi mu Rwanda.
-
Tom Close ntiyishimiye itegeko rishya ryerekeye kurengera umutungo bwite mu by’ubwenge
19 August 2024, by Nsengiyumva EmmyTom Close kimwe n’abandi bakurikiranira hafi imyidagaduro muri rusage bagaragaje ko badashyigikiye itegeko rishya ryerekeye kurengera umutungo bwite mu by’ubwenge, ahamya ko rivogera uburenganzira bw’umuhanzi ku gihangano cye.
-
Kigali: Abantu 22 bafatiwe mu kabyiniro kabyiniramo inkumi zambaye ubusa buri buri
19 August 2024, by Nsengiyumva EmmyMu ijoro ryo ku wa 17-18 Kanama 2024, inzego zishinzwe umutekano zataye muri yombi abantu 22 bari basohokeye mu kabyiniro kabamo inkumi zambaye ubusa buri buri mu Karere ka Gasabo.
-
Twarababariranye- The Ben yavuze ku kwiyunga kwe na Coach Gael (Video)
19 August 2024, by Nsengiyumva EmmyThe Ben na Coach Gael baherutse kwiyunga nyuma y’imyaka irenga ibiri badacana uwaka, ibyatumye dushaka uyu muhanzi kugira ngo tumenye byinshi ku rugendo rwabo rwo kwiyunga.
-
Minisitiri Utumatwishima yijeje abahanzi inozwa ry’itegeko bari batangiye kwijujutira
19 August 2024, by Nsengiyumva EmmyMinisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yijeje abahanzi ko iyo Minisiteri igiye gukorana n’izindi nzego kugira ngo ingingo y’itegeko rishya ryerekeye kurengera umutungo bwite mu by’ubwenge bari batangiye kwijujutira, inozwe.
-
Bamaze amezi abiri bitoza: Riderman na Bull Dogg bahigiye kuryoshya igitaramo ’Icyumba cy’Amategeko’ (Video)
20 August 2024, by Nsengiyumva EmmyAbaraperi Riderman na Bull Dogg bari mu myiteguro y’igitaramo cyabo ‘Icyumba cy’amategeko’ giteganyijwe ku wa 24 Kanama 2024, aho bahigiye kukigira kimwe mu bitaramo bya Hip Hop by’amateka u Rwanda ruzaba rugize.
-
Bayigeze amajanja ari benshi! Ibitaravuzwe ku ndirimbo ‘Ndabakwepa’ ya Danny Vumbi
20 August 2024, by Nsengiyumva EmmyDanny Vumbi aherutse gushyira hanze indirimbo nshya yise ‘Ndabakwepa’, icyakora abayizi iri gukorwa bahamya ko atari we warose isohoka kuko inshuro nyinshi uyu muhanzi yashatse kuyigurisha ariko Producer wayikoze akamubera ibamba.
-
Ingabire Pascaline wamamaye muri sinema yibarutse
20 August 2024, by Uwiduhaye TheosIngabire Pascaline wamenyekanye nka Samantha na Teta muri filime zabiciye bigacika mu Rwanda yibarutse umwana w’umuhungu.
IGIHE