Inkindi Aisha usanzwe ari umwe mu bakobwa bakina filime mu Rwanda akomeje kugarukwaho kuri X nyuma y’amagambo yatangaje agaragaza ko, umuntu watoranyije abasore bari mu ishami rishinzwe kurwanya iterabwoba mu Rwanda rizwi nka Counter-Terrorist Unit (CTU) yasigaje abandi b’imburamumaro yagereranyije n’ibimonyo n’amagweja.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Inkindi Aisha yarikoroje nyuma yo gutuka abagabo
19 July 2024, by Uwiduhaye Theos -
Theos Bosebabireba na Thacien Titus bagiye gutaramira mu nkambi y’i Mahama
19 July 2024, by Nsengiyumva EmmyUmuryango w’ivugabutumwa witwa Baho Global Mission ufatanije n’amadini n’amatorero akorerera mu murenge wa Mahama ho mu Karere ka Kirehe bateguye igiterane cy’ububyutse batumiyemo abarimo Pastor Zigirinshuti Michel,Bishop Joseph Mugasa n’abahanzi nka Theo Bosebabireba na Thacien Titus.
-
Urukiko rwemeje bidasubirwaho gatanya hagati ya Platini na Ingabire bari barashyingiranywe
19 July 2024, by Nsengiyumva EmmyNemeye Platini na Ingabire Olivia bamaze guhana gatanya ya burundu nyuma y’uko Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata rwemeje ubwumvikane bwabo bwo gutandukana burundu.
-
Tidjara Kabendera ari mu gahinda ko gupfusha Nyina
20 July 2024, by Nsengiyumva EmmyTidjara Kabendera uri mu banyamakuru bubatse izina mu Rwanda akaba umwe mu bakurikirwa n’abatari bake ku mbuga nkoranyambaga, ari mu gahinda ko kubura umubyeyi we.
-
Inkindi Aisha yasabye imbabazi abagabo ‘yatutse’
20 July 2024, by Nsengiyumva EmmyUmukinnyi wa filime, Inkindi Aisha, yasabye imbabazi abagabo ‘yatutse’ nyuma y’iminsi agarukwaho kuri X, ibi bikaba bituruka ku magambo yavuze agaragaza ko umuntu watoranyije abasore bari mu Ishami rishinzwe kurwanya Iterabwoba mu Rwanda rizwi nka Counter-Terrorist Unit (CTU) yasigaje abandi b’imburamumaro yagereranyije n’ibimonyo n’amagweja.
-
Hatangijwe iserukiramuco rya ‘Ubumuntu’ hizihizwa imyaka 10 rimaze (Amafoto)
20 July 2024, by Uwiduhaye TheosUbumuntu Arts Festival ihuriza hamwe abanyempano batandukanye ku isi yose bagatanga ubutumwa bwiganjemo ubw’amahoro n’urukundo muri rubanda ritegurwa na Mashirika Performing Arts and Media, imaze kugira izina rikomeye mu myidagaduro binyuze mu bikorwa bitandukanye bijyanye n’ikinamico n’ubundi bugeni bushamikiye ku nganda ndangamuco; ryatangijwe kuri iyi nshuro hizihizwa imyaka 10 iri serukiramuco rimaze ritegurwa.
-
DJ Marnaud yongewe mu birori bya ‘Kigali Auto Show’
20 July 2024, by Nsengiyumva EmmyDJ Marnaud yamaze kongerwa mu birori bya ‘Kigali Auto Show’ byatumiwemo itsinda rya ‘Tag Team’ rimaze kwigarurira imitima y’abakunzi b’umuziki kubera ukuntu bavanga imiziki banavuza ingoma zaka umuriro.
-
P Fla yageze i Dubai aho agiye gukorera igitaramo
20 July 2024, by Nsengiyumva EmmyUmuraperi P Fla yageze i Dubai aho ategerejwe mu gitaramo agomba kuhakorera mu ijoro ryo ku wa 20 Nyakanga 2024, ahamya ko yiteguye gutanga ibyishimo ku bakunzi b’umuziki we bamutegerezanyije amatsiko.
-
Yago yasubijwe Shene ya Youtube, uwayibye atabwa muri yombi
20 July 2024, by Nsengiyumva EmmyUmuhanzi akaba n’umunyamakuru Yago Pon Dat yamaze gusubizwa Shene ye ya Youtube nyuma y’igihe kinini yari amaze ayibwe, ni mu gihe uwari wayibye yatawe muri yombi.
-
Dorcy Rugamba yamuritse igitabo cye ‘Hewa Rwanda: Lettre aux absents’ (Amafoto)
20 July 2024, by Nsengiyumva EmmyDorcy Rugamba umwe mu bana ba Rugamba Sipiriyani wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yamurikiye i Kigali igitabo yise ‘Hewa Rwanda: Lettre aux absents’ gishingiye ku nkuru y’umuryango we.
IGIHE