Israel Mbonyi yamaze kumvikana n’uruganda rwa SKOL Brewery Ltd ku bijyanye no kwamamaza ikinyobwa gishya cya ‘Maltona’ kidasembuye, giherutse gushyira ku isoko.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Israel Mbonyi agiye kwamamaza ikinyobwa cya SKOL Brewery Ltd
22 July 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Stade Amahoro irayiruta cyane! Nkusi Arthur nyuma yo gusura ‘Stamford bridge’ ya Chelsea
22 July 2024, by Nsengiyumva EmmyNyuma yo gukabya inzozi zo gusura stade y’ikipe ya Chelsea (Stamford bridge), Nkusi Arthur yagaragaje ko yasanze Stade Amahoro iyiruta cyane nubwo yo ari iy’Igihugu indi ikaba iy’ikipe ku giti cyayo.
-
Massamba Intore agiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 40 amaze mu muziki
22 July 2024, by Nsengiyumva EmmyMassamba Intore yamaze kwemeza ko agiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 40 amaze akora umuziki, aho azanafatanya n’abakunzi be kwishimira imyaka 30 ishize u Rwanda rwibohoye.
-
Urugendo rw’imyaka 10 ya ‘Ubumuntu Arts Festival’; Iserukiramuco rimaze kuba inganzamarumbu
22 July 2024, by Uwiduhaye TheosKuva mu 2014 mu Rwanda hatangijwe iserukiramuco rya ‘Ubumuntu Arts Festival’ ndetse ryazamukiyemo abahanzi benshi mu ngeri zitandukanye, ubu bari ku gasongero mu Rwanda.
-
Akari ku mutima wa Musengimana wahimbye ‘Azabatsinda’ nyuma yo gusuhuza Perezida Kagame
22 July 2024, by Nsengiyumva EmmyMusengimana Beatha wakoze indirimbo ‘Azabatsinda’ akomeje kugaragaza ibyishimo bidasanzwe nyuma yo gukabya inzozi zo kuririmbira imbere ya Perezida Kagame ndetse bikarangira anabashije kumuramutsa.
-
Indirimbo 10 z’abahanzi nyarwanda z’ibihe byose kuri Spotify
23 July 2024, by Nsengiyumva EmmyMuri iyi myaka ya vuba, abahanzi nyarwanda batangiye gusobanukirwa gucuruza imiziki yabo ku mbuga mpuzamahanga zicururizwaho ibihangano. Muri izo harimo Spotify iri mu zikunze kwiyambazwa n’abatari bake.
-
Ibyamamare muri Uganda byatangiye kwifatanya n’abigaragambya
23 July 2024, by Nsengiyumva EmmyMu gihe Polisi yo muri Uganda ihanganye bikomeye n’urubyiruko rwigabije imihanda mu myigaragambyo bise ‘March2Parliament’, benshi mu byamamare bakomeje gutabwa muri yombi bazira kuyivangamo.
-
DJ RY agiye kongera kugaragara muri ‘Oldies Music Festival’ ku nshuro ya kane
23 July 2024, by Nsengiyumva EmmyIserukiramuco ‘Oldies Music Festival’ rimaze kubaka izina mu Rwanda rigiye kongera kuba ku nshuro ya kane. Nyuma y’uko hatangajwe urutonde rw’abagomba gususurutsa abazaryitabira muri uyu mwaka, DJ RY yabaye uwa mbere utararisibamo na rimwe.
-
Intambara y’amagambo yongeye kurota hagati ya Papa Cyangwe na Rocky Kimomo
24 July 2024, by Nsengiyumva EmmyUmuhanzi Papa Cyangwe yariye karungu nyuma y’uko Rocky Kimomo asibye indirimbo zose yakoze bagikorana.
-
Teacher Mpamire na Dr. Hilary Okello bategerejwe muri Gen-Z Comedy, bageze i Kigali (Amafoto)
24 July 2024, by Nsengiyumva EmmyAbanyarwenya Dr. Hilary Okello na Teacher Mpamire bategerejwe muri Gen-Z Comedy bageze i Kigali mbere y’umunsi umwe ngo basusurutse abakunzi b’ibi bitaramo biri mu bigezweho mu Rwanda.
IGIHE