Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatesheje agaciro ikirego cyatanzwe na AS Muhanga yari yashinje Espoir FC gukinisha umukinnyi ufite imyirondoro itandukanye no gukinisha abakinnyi benshi barenze umubare wemewe.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
AS Muhanga yatewe utwatsi ku kirego yarezemo Espoir FC
16 May 2024, by Iradukunda Olivier -
Volleyball: Ibyo wamenya mu mikino ya kamarampaka
16 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisUrugamba rugeze mu mahina ari nako abakunzi ba Volleyball y’u Rwanda babarira amasaha ku ntoki ngo batangire kwihera ijisho uburyohe bw’imikino isoza umwaka, hamenyekana uzasimbura Gisagara VC na Rwanda Revenue Authority zifite ibikombe bya shampiyona biheruka.
-
Yagurishije inkweto, asaba umubyeyi we 1000 ngo aze kureba Aruna muri Table Tennis- Inkuru idasanzwe ya Ebonge Shukuru
17 May 2024, by Jah d’eau DukuzeMuri BK Arena hakomeje kubera imikino nyafurika ya Table- Tennis, aho kuva kuri uyu wa kane tariki ya 16 Gicurasi 2024 hatangiye gukinwa amajonjora yo gushaka itike yo gukina imikino Olimpike izabera i Paris muri Nyakanga uyu mwaka.
-
NBA: Timberwolves na Nuggets rwabuze gica bagera ku mukino wa karindwi mu ya kamarampaka
17 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisMinnesota Timberwolves yigaranzuye Denver Nuggets iyitsinda amanota 115-70, bituma aya makipe yombi azakizwa n’umukino wa karindwi mu ya kamarampaka muri Shampiyona ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA).
-
FIFA igiye gushyiraho Igikombe cy’Isi kizakinwa n’ibihugu 211
17 May 2024, by Jah d’eau DukuzePerezida w’ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru ku Isi, Gianni Infantino yatangaje ko hari gahunda yo gutegura Igikombe cy’Isi cy’abatarengeje imyaka 15, kizaba gifite umwihariko wo kwitabirwa n’ibihugu byose nta majonjora.
-
Abana barenga 70 bazitabira umwiherero FERWABA yateguye muri Amerika
17 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisIshyirahamwe rya Basketball mu Rwanda (FERWABA) ryateguye umwiherero wo gushaka impano z’abana batuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho ku ikubitiro uzitabirwa n’abarenga 70.
-
Mvuyekure François ’Kaburimbo’ wayoboye Kiyovu Sports yitabye Imana
17 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisMvuyekure François uzwi nka kaburimbo wayoboye Kiyovu Sports igihe kinini yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye igihe.
-
Musanze FC ivugwamo ibibazo by’amikoro yatandukanye n’abakinnyi 10
17 May 2024, by Jah d’eau DukuzeAbakinnyi bagera kuri 10 barimo batandatu bari basanzwe babanzamo muri Musanze FC, barangije amasezerano muri iyi kipe yo mu Majyaruguru, aho bivugwa ko bashobora kuyivamo bose dore ko magingo nta n’umwe iratangira kuganira na we.
-
Bite bya Ani Elijah mu ikipe y’igihugu ’Amavubi’?
18 May 2024, by Jah d’eau DukuzeRutahizamu w’ikipe ya Bugesera Ani Elijah ni umwe mu bakinnyi bivugwa ko bari gukomanga umuryango mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, aho nta gihindutse ashobora kwiyongera ku rutonde rw’abakinnyi bahamagawe bitegura imikino yo muri Kamena.
-
Federasiyo ya Tennis yibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi
17 May 2024, by Jah d’eau DukuzeIshyirahamwe ry’umukino wa Tennis mu Rwanda kuri uyu wa gatanu tariki ya 17 Gicurasi 2024 ryibutse ku nshuro ya 30 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi bunamira abasaga ibihumbi 259 barushyinguwemo.
IGIHE