Cristiano Ronaldo yayoboye urutonde rw’abakinnyi bahembwa amafaranga menshi ku Isi ku nshuro ya kane, akurikirwa Jon Rahm wahigitse Lionel Messi ku mwanya wa kabiri.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
Cristiano Ronaldo ayoboye urutonde rw’abakinnyi binjiza amafaranga menshi ku Isi
17 May 2024, by IGIHE -
Twazize imvune: APR BBC yavuze ku musaruro mubi yagize muri BAL 2024
17 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisAPR BBC iheruka kugira umusaruro mubi muri Basketball Africa League yasabye imbabazi abafana, itangaza ko yazize imvune z’abakinnyi bayo bakomeye.
-
Handball: Ikipe y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 yegukanye igikombe mu mikino Nyafurika
17 May 2024, by Iradukunda OlivierIkipe y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 mu bahungu yegukanye irushanwa rihuza amakipe yo mu bihugu bigize Akarere ka Gatanu ‘Zone 5’ ihigitse iya Uganda ku mukino wa nyuma.
-
Volleyball: APR na Kepler zatangiye neza imikino ya kamarampaka (Amafoto)
18 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisAPR VC yatsinze REG VC amaseti 3-1 na Kepler VC ibigenza uko imbere ya Police VC, mu mikino ya mbere mu ya kamarampaka muri Shampiyona ya Volleyball.
-
Umwaka w’imikino wa 2023/24 ugiye guca agahigo ko kubonekamo ibitego byinshi muri Premier League
18 May 2024, by Eric Tony UkurikiyimfuraImpera z’iki cyumweru zishobora gusiga amateka mashya yo gutsinda ibitego byinshi muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza (Premier League) iri kugana ku musozo.
-
‘Serviette’ yasinyiweho amasezerano ya mbere ya Messi na FC Barcelone yagurishijwe asaga miliyari 1.2 Frw
18 May 2024, by IGIHEAgatambaro kifashishwa ku meza kugira ngo amafunguro atanduza uyafata, ‘serviette,’ kasinyiweho amasezerano ya mbere ya Lionel Messi yerekeza muri FC Barcelone, ubwo yari afite imyaka 13, kagurishijwe ibihumbi 969 by’Amadolari ya Amerika [asaga miliyari 1.2 Frw] muri cyamunara yabaye ku wa Gatanu.
-
Wade watoje Rayon Sports yavuze ko hari abakozi bayo bifuza kuyirimbura
18 May 2024, by Jah d’eau DukuzeUmutoza mu Ikipe ya Rayon Sports, Umunya-Mauritania Mouhamed Wade, yatangaje ko Rayon Sports ifite abantu bufatiranye umutima mwiza n’ubumuntu bwa Perezida wayo, Uwayezu Jean Fidèle, maze bagatangira gukora ibikorwa bibangamira inyungu z’iyo kipe.
-
Ikipe y’abakinnyi 11 beza badafite amakipe mu Rwanda
18 May 2024, by Eric Tony UkurikiyimfuraMu gihe umwaka w’imikino wa 2023/24 wamaze gushyirwaho akadomo, benshi mu bakinnyi basoje amasezerano mu gihe kandi hari n’abashobora guhindura amakipe bitewe n’impamvu zitandukanye.
-
Phil Foden yabaye umukinnyi w’umwaka muri Premier League
18 May 2024, by IGIHEPhil Foden ukinira Manchester City yatowe nk’umukinnyi w’umwaka w’imikino wa 2023/24 muri Premier League.
-
Imbamutima za Imama Amapakabo wegukanye igihembo cy’umutoza mwiza wa Werurwe na Mata
18 May 2024, by Jah d’eau DukuzeUmutoza w’ikipe ya Etoile de L’Est, Imama Amapakabo, yavuze ko ashimira u Rwanda kuba rwaramuhaye amahirwe yo gutoza muri iki gihugu aho yananyuzwe n’uburyo umupira w’amaguru waho kuri ubu uhagaze.
IGIHE