France Football yashyize hanze abakinnyi 30 b’abagore n’abagabo, abatoza ndetse n’amakipe, bahataniye ibihembo bya Ballon d’Or bihabwa abitwaye neza mu mwaka w’imikino wa 2025/26, hongera kugaragaramo Lionel Messi wabuzemo mu mwaka ushize.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
Messi yagarutsemo: Abakinnyi 30 bahataniye Ballon d’Or ya 2026
8 September, by Iradukunda Olivier -
Amavubi yahamagaye abo izatangirana urugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika
8 September, by Iradukunda OlivierUmutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Stephen Constantine, yahamagaye abakinnyi 28 azifashisha ku mikino ibanza yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya Afurika cya 2027.
-
Harimo abakina mu mahanga barindwi: Amavubi U23 yahamagawe
8 September, by Iradukunda OlivierIkipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abatarengeje imyaka 23, yahamagaye abakinnyi bazifashishwa mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika, barimo abakina mu makipe yo hanze y’u Rwanda barindwi.
-
Amir Khan na Nshimiyimana Amdoun bongerewe mu batoza b’Amavubi U-17
9 September, by IGIHEIkipe y’Igihugu y’Abatarengeje imyaka 17, izahagararira u Rwanda mu mikino ya CECAFA izaba mu Ukwakira, yongewemo abatoza babiri bashya.
-
Handball: U Rwanda rwageze muri ¼ cy’Igikombe cya Afurika cya U-20
9 September, by Eric Tony UkurikiyimfuraIkipe y’Igihugu y’Ingimbi zitarengeje imyaka 20 yabonye itike ya ¼ mu Gikombe cya Afurika cya Handball kiri kubera muri Côte d’Ivoire, nyuma yo gutsinda Zimbabwe ibitego 32-16.
-
Abakinnyi icyenda bazahagararira u Rwanda mu Mikino Olempike y’Urubyiruko ya 2026
9 September, by Eric Tony UkurikiyimfuraKomite Olempike y’u Rwanda yemeje ko abakinnyi icyenda, bakina muri siporo eshanu zinyuranye, ari bo bazahagararira igihugu mu Mikino Olempike y’Urubyiruko izabera i Dakar muri Sénégal kuva tariki ya 31 Ukwakira kugeza ku ya 13 Ugushyingo 2026.
-
Lionel Messi agiye kugura indi kipe muri Espagne
9 September, by IGIHERutahizamu wa Inter Miami CF yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lionel Messi, agiye kwagura ibikorwa bye muri ruhago, nyuma yo kugera ku bwumvikane bw’ibanze bwo kugura ikipe ya Eldense ikina mu Cyiciro cya Kabiri muri Espagne.
-
Kwizera Sage na Tyler Bey bari muri RSSB Tigers yitegura Imikino Mpuzamigabane
9 September, by Byiringiro Osée ElvisKwizera Sage usanzwe ukinira na Patriots na Tyler Bey wigaragaje mu mikino ya nyuma ni bamwe mu bitabajwe na RSSB Tigers iri kwitegura irushanwa rihuza amakipe ahagarariye imigabane ku Isi rya FIBA Intercontinental Cup 2026.
-
Gukina na Man United yihebeye no gukorera amateka u Rwanda: Joy-Lance Mickels yabivuzeho
9 September, by IGIHERutahizamu mpuzamahanga w’Umunyarwanda, Joy-Lance Mickels, agiye gukabya inzozi ze zo kuva mu bwana ubwo azaba akina umukino wa UEFA Champions League ahura na Manchester United, ikipe yakunze kuva akiri muto.
IGIHE