Ingabire Jolie Ange witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda mu 2020 akaza kuvugwa cyane nyuma yo kurisezera hagati, yambitswe impeta n’umusore usanzwe ari umuvandimwe w’umuhanzi Kenny Sol.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Ingabire Jolie Ange wavuzwe cyane muri Miss Rwanda 2020, yambitswe impeta n’umuvandimwe wa Kenny Sol
1 August, by IGIHE -
Prince Kiiiz yasubije abamushinje kubatwa n’ibiyobyabwenge (Video)
1 August, by Nsengiyumva EmmyProducer Prince Kiiiz, umaze kubaka izina mu gutunganya indirimbo ndetse waninjiye mu muziki nk’umuhanzi, yahakanye amakuru amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga amushinja gukoresha ibiyobyabwenge.
-
Abahoze bagize P-Square bongeye gukozanyaho
2 August, by Gilbert UkwizagiraUmuhanzi wo muri Nigeria Peter Okoye, wamamaye nka Mr P, yamaganye impanga ye, Rudeboy, babanye mu itsinda rya P-Square mu ntambara y’amagambo yubuye aho Mr P amushinja guhora amusebya cyane cyane akabihuza n’ibiba bigezweho ku mbuga nkoranyambaga muri iyo minsi.
-
Diamond Platnumz na Zuchu bibarutse
2 August, by IGIHEAbahanzi bakomeye muri Tanzania Diamond Platnumz na Zuchu bibarutse umwana wabo w’imfura nyuma y’iminsi mike uyu mugore aatangaje ko yitegura kwibaruka.
-
Pastore wakinnye muri ‘The Sopranos’ yasanzwe iwe yapfuye
2 August, by IGIHEUmukinnyi wa filime w’Umunyamerika, Vincent Pastore, wamamaye akina nka Salvatore “Big Pussy” Bonpensiero muri filime y’uruhererekane yamenyekanye cyane yitwa The Sopranos, yapfuye afite imyaka 80.
-
Mitchelle Daka yegukanye ikamba rya Miss Universe Uganda
2 August, by IGIHEUmunyamideli akaba n’umushoramari, Mitchelle Daka, yanditse amateka nyuma yo kwegukana ikamba rya mbere rya Miss Universe Uganda mu birori bikomeye byabaye ku wa Gatandatu nijoro muri Imperial Royale Hotel i Kampala.
-
Nyuma y’amateka yanditse muri BK Arena, King James yararitse abo mu ntara no muri diaspora (Video)
3 August, by Nsengiyumva EmmyKing James yatangaje ko nyuma y’ibitaramo bibiri by’amateka yakoreye muri BK Arena, ari gutekereza uko yakwerekeza mu Ntara zitandukanye z’u Rwanda gutaramira abakunzi be batabonye amahirwe yo kwitabira ibitaramo yakoreye i Kigali.
-
Ariana Grande agiye kuba ahagaritse umuziki
3 August, by Gilbert UkwizagiraUmuhanzi Ariana Grande yatangaje ko agiye gufata ikiruhuko mu muziki ntagaragare no mu ruhame ubwo azaba asoje uruhererekane rw’ibitaramo bye bya ‘Eternal Sunshine’ muri Nzeri ya 2026.
IGIHE