Mu Rwanda hagiye kubera igiterane gikomeye cyiswe “Rwanda Apostolic Visit” cyatumiwemo Apôtre Arome Osayi, umupasiteri ukunzwe cyane muri Nigeria, mu gihe abazacyitabira bazataramirwa n’abahanzi barimo Chryso Ndasingwa uherutse gukorera igitaramo cy’amateka muir BK Arena.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Chryso Ndasingwa uherutse kwandika amateka yatumiwe mu giterane ‘Rwanda Apostolic Visit’
25 June 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Michael Sengazi yashyize umucyo ku kagambane yakorewe n’Abanyarwenya bo muri Uganda barimo Salvado
26 June 2024, by Nsengiyumva EmmyMuchael Sengazi uri mu banyarwenya bakomeye mu Rwanda yongeye gutumirwa muri Gen-Z Comedy, ibirori mu minsi ishize yari yitabiriye bikarangira adataramiye ababyitabiriye bitewe n’ubwumvikane buke bwabaye hagati ye n’Abanyarwenya bo muri Uganda bari babitumiwemo.
-
Miss Uwase Hirwa Honorine ’Igisabo’ agiye kurushinga
26 June 2024, by Uwiduhaye TheosMiss Uwase Hirwa Honorine wamenyekanye nka ’Miss Igisabo’, witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2017, agatwara ikamba ry’uwamenyekanye cyane, ari mu myiteguro yo kurushinga na Nsengiyumva Mugisha Christian bamaze igihe bakundana.
-
Filime Umuhire Eliane yahuriyemo na Lupita Nyong’o igiye kwerekanwa i Kigali
26 June 2024, by Uwiduhaye Theos‘A Quiet Place: Day One’ yahuriyemo abakinnyi ba filime i Hollywood barimo Lupita Nyong’o, Djimon Hounsou n’abandi batandukanye; ndetse na Umuhire Eliane wo mu Rwanda igiye kwerekanwa i Kigali.
-
Chella ugezweho muri Nigeria n’itsinda rya ‘T&C’ bagiye gutaramira i Rubavu
26 June 2024, by Nsengiyumva EmmyChella uri mu bahanzi bagezweho i Lagos kubera indirimbo Nyash na Nyash iri kubica bigacika muri iyi minsi ndetse n’itisnda rya T&C (Tarryn na Clair) rigezweho mu kuvanga imiziki muri Afurika y’Epfo bagiye guhurira mu gitaramo cy’iminsi ibiri kigiye kubera i Rubavu.
-
Meddy arayoboye: Indirimbo eshanu z’Abanyarwanda zabiciye mu myaka irindwi ishize
28 June 2024, by Nsengiyumva EmmyImyaka irindwi ishize, mu byiciro byose by’imibereho y’Abanyarwanda hagaragaye iterambere ryo ku rwego rwo hejuru, ni iterambere ritigeze risiga umuziki kuko ibyagezweho byigaragariza buri wese.
-
Yago Pon Dat yitabye RIB
26 June 2024, by Nsengiyumva EmmyKuri uyu wa 26 Kamena 2024 Yago Pon Dat umuhanzi ubifatanya n’umwuga w’itangazamakuru yitabye Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) abazwa ku byaha akurikiranyweho.
-
Abarimo Bruce Melodie , The Ben, Mariya Yohana na Bwiza bagaragaje icyatumye bahitamo gushyigikira Paul Kagame
27 June 2024, by Mahoro VainqueurMuri iki gihe Abanyarwanda ndetse n’inshuti z’u Rwanda bari mu bihe byo kwitegura amatora, abahanzi ni bamwe mu bari kugira uruhare muri ibi bihe byo kwamamaza abakandida bahataniye imyanya mu inteko ishinga amategeko ndetse no ku mwanya wo kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere.
-
Uko Michaël Sengazi yateye umugongo Amategeko yize, agahitamo kuba umunyarwenya (Video)
27 June 2024, by Nsengiyumva EmmyMichaël Sengazi watangije iserukiramuco ry’urwenya “Caravane du rire” ndetse akaba umuhanga mu by’amategeko wanabyize, yahishuye impamvu yahisemo kuyatera umugongo akihebera ibijyanye no gutera urwenya.
-
Umunsi Bull Dogg na MC Tino biyambuye ubwamamare bagatabara inkumi yari yakoze impanuka
27 June 2024, by Nsengiyumva EmmyBull Dogg yahishuye inkuru y’igihe yigeze kugerageza gutabara ubuzima bw’umwana w’umukobwa wari wakoze impanuka nubwo bamugejeje kwa muganga bikarangira yitabye Imana.
IGIHE