Umusifuzi wo ku ruhande wanze igitego cya kabiri cya FC Bayern Munich akavuga ko habanje kubamo kurarira yasabye imbabazi Matthijs de Ligt kuko yakoze amakosa agasifura yibeshye.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
Umusifuzi yasabye imbabazi De Ligt nyuma yo gusezererwa kwa FC Bayern Munich
9 May 2024, by Iradukunda Olivier -
NBA: Nikola Jokić yabaye umukinnyi w’umwaka
9 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisNikola Jokić ukinira Denver Nuggets yatowe nk’umukinnyi mwiza w’umwaka muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA) ku nshuro ya gatatu mu myaka ine.
-
Abadepite ntibumva uburyo amafaranga ahabwa abakinnyi b’ikipe z’Igihugu adakurwaho umusoro
9 May 2024, by IGIHEMinisiteri ya Siporo yabajijwe na Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari ya Leta (PAC) impamvu nta musuro ukatwa ku mafaranga ahabwa abakinnyi bahamagarwa mu makipe y’igihugu, aho hari agera kuri miliyoni 84 Frw ataratanzwe.
-
Ibihugu bidafite ibibuga byemewe na CAF, byerekeje amaso muri Maroc
11 May 2024, by Iradukunda OlivierMbere y’uko ibihugu byo muri Afurika bisubukura imikino yo guhatanira kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2026, ibihugu byinshi muri Afurika byabuze ibyangombwa bituma imikino igera ku icyenda izabera muri Maroc.
-
IFREQ yatangiye gupima abakinnyi ba Rayon Sports kugira ngo bazashakirwe amakipe akomeye
9 May 2024, by Jah d’eau DukuzeIkipe ya Rayon Sports yatangiye gukorana na IFREQ ikora ibijyanye no gupima ubushobozi bw’abakinnyi kugira ngo bazamure urwego rwabo ndetse babone amakipe ku buryo buboroheye.
-
Shema yemeye kwishyura arenga Miliyoni 70Frw abakinnyi ba AS Kigali baberewemo nk’umwenda
9 May 2024, by Jah d’eau DukuzeUwahoze ari Perezida w’ikipe ya As Kigali, Shema Fabrice yemeye kwishyura ibirarane by’imishahara abakinnyi b’iyi kipe bari bafitiwe bityo ngo babe bakina umukino wa nyuma wa shampiyona bafitanye na Muhazi kuri uyu wa Kane.
-
Impumeko y’Umutoza wa APR BBC mbere yo guhura na US Monastir
9 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisUmutoza wa APR BBC, Mazen Trakh yatangaje ko batagomba gusuzura US Monastir barahurira mu mukino wa mbere mu yo kwishyura muri Basketball Africa League (BAL) 2024 uteganyijwe ku wa Kane, tariki 9 Gicurasi 2024 saa Kumi n’Ebyiri z’i Kigali.
-
FERWAFA yahakanye ibyo kuza kwa Ani Elijah mu ikipe y’igihugu
9 May 2024, by Jah d’eau DukuzeIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, Ferwafa ryatangaje ko kugeza ubu nta biganiro byari byaba hagati yabo na rutahizamu wa Bugesera Ani Elijah ngo abe yakinira ikipe y’igihugu Amavubi.
-
Ibyo wamenya kuri Motar FC ikipe ikomeje gukuza igikundiro muri Ruhago Nyarwanda (Video)
10 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisNiba uri umukunzi w’umupira w’amaguru mu Rwanda birashoboka ko watangiye kumva Ikipe ya Motar FC ikomeje gukuza igikundiro mu Rwanda bigaragazwa n’abafana benshi bitabira imikino iba yakiriye kuri Tapis Rouge i Nyamirambo.
-
BAL 2024: US Monastir yazukiye kuri APR BBC
9 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisUS Monastir yatsinze APR BBC amanota 83-70, uba umukino wa mbere utsinzwe n’iyi kipe yo muri Tunisia muri ine imaze gukina muri BAL 2024, Sahara Conference.
IGIHE