Bayer 04 Leverkusen yanganyije na AS Roma ibitego 2-2 mu mukino wo kwishyura isezerera ku giteranyo cy’ibitego 4-2 mu gihe Atalanta yihereranye Olympique de Marseille ikayitsinda 3-0 igahita igira 4-1, izi kipe zombi zihita zigera ku mukino wa nyuma wa UEFA Europa League.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
Europa League: Bayer 04 Leverkusen na Atalanta zageze ku mukino wa nyuma
9 May 2024, by Iradukunda Olivier -
Yanze kuba rambarara nkubite muri Rayon Sports: Impamvu zerekeje Kanyabugabo muri Gasogi United
10 May 2024, by Iradukunda OlivierKanyabugabo Mohamed ‘Hadji’ usanzwe ari umukunzi wa Rayon Sports, yamaze kuba umufana wa Gasogi United kuko atari ‘rambarara nkubite’ ndetse no kuba Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, atagishaka kumva ibitekerezo by’abamufasha gutunga ikipe.
-
Guhindura amasaha, imyenda y’abafana n’abahanzi bagezweho- Ibyo kwitega ku mukino APR izahabwamo igikombe
10 May 2024, by Jah d’eau DukuzeIbirori, ubusanzwe ni umuco w’abanyarwanda aho uwahiriwe ategura umunsi agatumira inshuti n’abavandimwe maze na bo bakitabira ku bwinshi, bakikora ku mufuka bakamutwerera kugira ngo byose bize kugenda neza kurushaho. Muri APR FC iyo urebye ni ko byagenze ku mukino izahabwamo igikombe kuri iki cyumweru tariki ya 12 Gicurasi.
-
BAL 2024: APR BBC mu mibare y’Amavubi
10 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisIjambo imibare y’Amavubi rikunze ku gukoreshwa n’abakunzi b’imikino mu Rwanda iyo babona ikipe iri mu irushanwa isabwa akazi gakomeye no kureba kuzo bahanganye kugira ngo ibone itike ikomeza mu cyiciro gikurikira
-
Bugesera yategeye ibihumbi 200 Frw kuri buri mukinnyi ngo batsinde Etoile de L’Est
10 May 2024, by Jah d’eau DukuzeIkipe ya Bugesera yarangije kwemeza ko buri mukinnyi wayo azahabwa amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 200 mu gihe bashobora gutsindira Etoile de L’est i Ngoma maze bakaguma mu cyiciro cya mbere.
-
Abakinnyi ba Fatima WFC bakingiranywe mu nzu
10 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisBamwe mu bakinnyi ba Fatima WFC yo mu Cyiciro cya Mbere mu bagore bakingiranywe mu nzu nyuma yo kwanga kuyivamo ikipe itabahembye ibirarane by’imishahara y’umwaka wose w’imikino ibabereyemo.
-
Ibihugu byitabiriye igikombe cya Afurika cya Table Tennis byatangiye kugera mu Rwanda
10 May 2024, by Jah d’eau DukuzeIbihugu birimo Misiri, Algeria na Tuniziya biri mu byabimburiye ibindi kugera i Kigali, aho bije kwitabira igikombe cya Afurika cya Table Tennis ndetse no gushaka itike yo gukina imikino Olimpike, amarushanwa yombi azabera muri BK Arena kuva tariki ya 12-18 Gicurasi.
-
Gasogi United yahawe igikombe n’umufana nyuma yo gukorera amateka kuri Etincelles
10 May 2024, by Jah d’eau DukuzeUmukunzi w’ikipe ya Gasogi United mitwa Assiel Ntakirutimana yayishyikirije igikombe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Gicurasi 2024 nyuma y’umukino w’umunsi wa 30 wa shampiyona iyi kipe ku nshuro ya mbere yatsinzemo Etincelles 1-0.
-
Abakina hanze biyongereye, Rwatubyaye na York bahamagarwa mu Mavubi yitegura Bénin na Lesotho
10 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisUmutoza w’Ikipe y’Igihugu (Amavubi), Frank Torsten Spittler yahamagaye abakinnyi 37 mu rwego rwo kwitegura imikino ya Bénin na Lesotho mu yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi mu 2026.
-
Shampiyona Nyafurika yo gusiganwa mu modoka yatangiye yishyuzwa nk’umukino wa Rayon Sports (Amafoto)
11 May 2024, by Eric Tony UkurikiyimfuraUmunya-Kenya Karan Patel wegukanye Shampiyona Nyafurika iheruka, yigaragaje ku munsi wa mbere w’irushanwa ry’uyu mwaka aho hakinwaga agace kagena uko imodoka zizahagaruka mu irushanwa nyir’izina rizatangira ku wa Gatandatu, tariki ya 11 Gicurasi 2024.
IGIHE