Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yemeje ko dosiye ya rwiyemezamirimo Nzizera Aimable usanzwe ari n’umuyobozi wa ‘Rwanda Gospel Stars Live’ uherutse gutabwa muri yombi, yashyikirijwe Ubushinjacyaha mu minsi ishize.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Dosiye ya Nzizera Aimable uyobora ‘Rwanda Gospel Stars Live’ yashyikirijwe Ubushinjacyaha
13 June 2024, by Nsengiyumva Emmy -
VJ Mupenzi yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we bitegura kurushinga
13 June 2024, by Nsengiyumva EmmyMupenzi Patrick benshi bamenye nka VJ Mupenzi uri mu bahanga mu kuvanga imiziki akaba nyiri akabari n’akabyiniro kitwa ‘Inferno Lounge Bar’ yasezeranye imbere y’amategeko na Ketia Kayonga bamaze igihe bakundana ndetse banitegura kurushinga mu minsi iri imbere.
-
Ish Kevin yahakanye ihangana rye na Zeotrap
13 June 2024, by Nsengiyumva EmmyIsh Kevin yahakanye amakuru yo guhangana na Zeotrap ahamya ko atigeze amuririmba ndetse atazigera anabikora, yemeza ko EP ye nshya ntaho ihuriye n’uyu muhanzi ahubwo ari ibihangano bishya yakoze bijyanye n’ibihe yari amazemo iminsi.
-
Marina yatangiye kwirwanaho mu muziki
14 June 2024, by Nsengiyumva EmmyMarina wari umaze igihe afashwa n’abantu batandukanye mu muziki, nyuma yo gutandukana na The Mane Music, kuri ubu yafashe icyemezo cyo gutangira kwirwanaho.
-
Mico The Best yahishuye ko ababyeyi be bari abanditsi b’ikinamico bakomeye
14 June 2024, by Nsengiyumva EmmyMico The Best uri mu bahanzi bamaze imyaka itari mike bagezweho mu muziki w’u Rwanda, yahishuye uko impano yo kwandika indirimbo azwiho ayikomora ku babyeyi be bari abanditsi b’ikinamico bubatse izina mu myaka ishize.
-
Album ya Danny Nanone imaze amezi atandatu imuritswe ariko itarasohoka: Byatewe n’iki?
15 June 2024, by Nsengiyumva EmmyAmezi abaye atandatu Danny Nanone amuritse album ye ya mbere yise ’Iminsi Myinshi,’ icyakora abakunzi be amaso yaheze mu kirere kuko bayitegereje ku isoko bakayiheba.
-
Giancarlo Davite na Sandrine Isheja batangiye neza ’Huye Rally 2024’
15 June 2024, by Nsengiyumva EmmyMu bilometero bitatu bakoze bazenguruka mu Mujyi wa Huye hagati, imodoka nimero umunani ya Giancarlo Davite na Sandrine Isheja witabiriye iri siganwa bwa mbere nka ’co-pilote’, ni yo yashoje iri imbere mu gihe hatangizwaga isiganwa rya ’Huye Rally 2024’.
-
Anita Pendo na Sandrine Isheja basezerewe, imbwa yitambika Kalimpinya: Ibyaranze Huye Rally 2024 (Amafoto)
16 June 2024, by Nsengiyumva EmmyUmunsi wa kabiri wa ‘Huye Rally 2024’ wabaye udasanzwe kuri benshi mu bahataniraga kwegukana iri rushanwa ry’abahanga mu gutwara imodoka.
-
Kivumbi yataramiye abakunzi be bo mu Budage (Amafoto)
17 June 2024, by Nsengiyumva EmmyKivumbi King umaze iminsi ku Mugabane w’u Burayi, mu mpera z’iki cyumweru yataramiye abakunzi be batuye mu Mujyi wa Hannover mu Budage, mu gitaramo cya kabiri yagiriye kuri uwo Mugabane.
-
Bamwibeshyeho! Umubyeyi wa Ish Kevin yagarutse ku nkuru z’ubujura zavuzwe ku muhungu we (Video)
17 June 2024, by Nsengiyumva EmmySemana Genese, umubyeyi wa Ish Kevin, yavuze ko ibiherutse gushinjwa umuhungu we wavuzweho kugira uruhare mu bikorwa by’ubujura nta hantu bihuriye n’ukuri, ari nayo mpamvu atigeze abiha agaciro ndetse ababivuze akabafata nk’aho bibeshye.
IGIHE