Komisiyo ishinzwe Imyitwarire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yahanishije Umutoza Wungirije w’Amagaju FC, Imurora Hakizimana Japhet, guhagarikwa mu bikorwa byose by’umupira w’amaguru mu gihe cy’imyaka itanu no kwishyura miliyoni 6,2 Frw kubera kugena ibiva mu mukino.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
Rayon Sports yatsinze Al-Hilal, isanga Jamus SC ya Muhire Kevin muri ½ cya CECAFA – Uko umukino wagenze (Amafoto)
1 August, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Rayon Sports yasezereye Jamus SC, isubira kuri ’finale’ ya CECAFA nyuma y’imyaka 28- Uko umukino wagenze (Amafoto)
4 August, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Imurora Japhet yahagaritswe imyaka itanu mu bikorwa byose bya ruhago
7 August, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Gitego yarahiriwe: Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
29 April 2024, by Iradukunda OlivierMu bihugu bitandukanye, imikino ya shampiyona yarakinwe n’andi marushanwa arakomeza, ndetse ahenshi umwaka w’imikino uri kugana ku musozo.
-
NBA: Timberwolves yabimburiye andi makipe kugera muri ½ cya Playoffs
29 April 2024, by Byiringiro Osée ElvisMinnesota Timberwolves yasezereye Phoenix Suns iyitsinze amanota 122-116 mu mukino wa kane mu ya kamarampaka muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA).
-
Rayon Sports yanditse amateka yegukana CECAFA Kagame Cup 2026 (Amafoto & Video)
7 August, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Akari ku mitima y’abarimo abaminisitiri bishimiye intsinzi ya Rayon Sports
8 August, by Iradukunda OlivierIntsinzi ya Rayon Sports yo kwegukana Igikombe cya CECAFA Kagame Cup 2026, yakoze ku mitima y’Abanyarwanda benshi barimo abaminisitiri n’abandi bayobozi mu nzego za leta.
-
Kuki abakinnyi bakomeye ku Isi batajya gukina muri Premier League?
8 August, by IGIHEIyo Vinícius Jr yerekeza muri Arsenal, yari kuba umwe mu bakinnyi bake cyane b’ibihangange ku Isi bagiye muri Premier League y’u Bwongereza bakiri ku rwego rwo hejuru mu mwuga wabo wo gukina umupira w’amaguru.
-
Umuti Rayon Sports ikesha igikombe cya CECAFA nyuma y’imyaka 28
9 August, by Eric Tony UkurikiyimfuraRuhago y’u Rwanda yongeye kugera ku gasongero ka Afurika y’Iburasirazuba n’iyo Hagati ibikesha intsinzi Rayon Sports yabonye muri CECAFA Kagame Cup yegukanye ku wa 7 Kanama 2026.
-
Kongeramo undi mutoza, umusaruro mubi n’abarwanya ikipe: Taleb utoza APR yabivuzeho
17 August, by Eric Tony UkurikiyimfuraUmutoza Mukuru wa APR FC, Umunya-Maroc Abderrahim Taleb, yavuze ko umusaruro ikipe ye iri kubona muri iyi minsi utagakwiye gufatwa nk’ikimenyetso cy’uko iri mu bibazo bikomeye, ashimangira ko iri mu rugendo rwo kongera kwiyubaka nyuma y’impinduka zabaye mu bakinnyi.
IGIHE