Pacson yavuze ko urwishe ya nka rukiyirimo aka wa mugani w’Abanyarwanda, ahamya ko kugeza n’uyu munsi injyana ya Hip Hop igipyinagazwa mu itangazamakuru nk’uko byahoze mu myaka yo ha mbere.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Urwishe ya nka! Pacson na Icenova basanga Hip Hop igipyinagazwa mu itangazamakuru (Video)
29 May 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Itike ya make ni ibihumbi 30Frw! Ibyo wamenya ku gitaramo Israel Mbonyi agiye gukorera muri Kenya
28 May 2024, by Nsengiyumva EmmyIsrael Mbonyi uri mu bahanzi bagezweho mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana yaba mu Rwanda ndetse no mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, yateguje igitaramo gikomeye agiye gukorera muri Kenya.
-
Kagarara na Ashton Hall bakiriwe n’umunyemari Nana Kwame Bediako ukomeye muri Ghana
2 July, by Nsengiyumva EmmyKuri uyu wa 1 Nyakanga 2026, Kagarara cyangwa Ashton Small nk’uko ari kwiyita muri iyi minsi ari kumwe na Ashton Hall, bakiriwe n’umunyemari ukomeye muri Ghana, Nana Kwame Bediako bakunze kwita Freedom Jacob Caesar.
-
Butera Knowless yaririmbye i Muhanga mu gitaramo cya ’MTN Iwacu Muzika Festival 2026’ cyaciye impaka (Amafoto)
4 July, by Eric Tony Ukurikiyimfura, Gilbert UkwizagiraIgitaramo cya gatatu cya “MTN Iwacu Muzika Festival 2026” cyabereye i Muhanga kuri uyu wa Gatandatu, cyagaragaje itandukaniro aho abahanzi barimo Butera Knowless wegukanye ‘Primus Guma Guma Super Star’ mu 2015, bahaye ibyishimo abari kuri Stade ya Muhanga.
-
Ashton Hall, Indian Ashton na Ashton Small ‘Kagarara’ mu nzira zerekeza i Kigali
9 July, by Nsengiyumva EmmyUmunyamerika Ashton Hall wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga ari kumwe na Indian Ashton umusore wo mu Buhinde wagerageje kumwigana na Enock Uwizeye uzwi nka ‘Kagarara’ cyangwa Ashton Small, bategerejwe i Kigali.
-
Bruce Melodie yatanze ibyishimo mu gitaramo cya ’MTN Iwacu Muzika Festival 2026’ cyabereye i Karongi (Amafoto)
11 July, by Eric Tony UkurikiyimfuraBruce Melodie wegukanye Primus Guma Guma Super Star mu 2018, yataramiye abitabiriye igitaramo cya kane cy’iserukiramuco rya “MTN Iwacu Muzika Festival 2026”, cyabereye ku kibuga cy’umupira w’amaguru cya Mbonwa kiri mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 11 Nyakanga.
-
Ashton Hall yemeje ko azongera gusura Kigali mu mezi atandatu
13 July, by Nsengiyumva EmmyAshton Hall wari wasuye The Ben mu rugo agasanga umugore we, Uwicyeza Pamella, adahari kuko amaze iminsi ari muri Tanzania, yamwemereye ko azasubira mu Rwanda mu mezi atandatu ari imbere akabasura.
-
Miss Nimwiza Meghan yabatijwe
29 May 2024, by Nsengiyumva EmmyKu mugoroba wo ku wa 28 Gicurasi 2024 nibwo Miss Nimwiza Meghan wegukanye ikamba rya Miss Rwanda mu 2019 yahisemo kongera kwakira Yesu nk’umwami n’umukiza abatizwa mu mazi menshi.
-
‘Oldies Music Festival’ igiye kuba ku nshuro ya kane
30 May 2024, by Nsengiyumva EmmyIserukiramuco ‘Oldies Music Festival’ rimaze kubaka izina mu Rwanda rigiye kongera kuba ku nshuro ya kane, abaritegura bakaba bateguje umuziki wo mu myaka yo ha mbere wafashije Abanyarwanda kuva mu bwigunge nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Maranatha Family Choir yinjiye muri Kina Music
29 May 2024, by Peacemaker PunditMaranatha Family Choir yinjiye mu mikoranire n’inzu itunganya umuziki ya KINA Music, nyuma yo gushyira umukono ku masezerano y’imyaka itatu bagiye kumara bakorana.
IGIHE