Paris Saint-Germain yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League, nyuma yo gusezerera Bayern Munich mu mukino wo kwishyura amakipe yombi yanganyijemo igitego 1-1, ikomeza ku giteranyo cy’ibitego 6-5. Ni umukino wakurikiwe n’abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
UEFA Champions League: Imbere ya Minisitiri Mukazayire, PSG yasezereye Bayern Munich igera ku mukino wa nyuma
6 May, by Iradukunda Olivier -
APR FC yanyagiwe na Al-Hilal SC ibitego 4-0, inatakaza umwanya wa kabiri- Uko umukino wagenze (Amafoto)
7 May, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Ibishya mu birori bizafungura Igikombe cy’Isi kibura iminsi 33
9 May, by Iradukunda OlivierIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), ryatangaje ko ibirori byo gutangiza Igikombe cy’Isi cya 2026 bizabera mu mijyi itatu ri yo Toronto, Mexico City na Los Angeles.
-
Moritz Kretschy wegukanye Tour du Rwanda yashyizwe mu ikipe nkuru ya NSN Cycling Team
9 May, by Iradukunda OlivierIkipe ya Never Say Never (NSN Cycling Team) yazamuye Moritz Kretschy wegukanye Tour du Rwanda 2026, imushyira mu ikipe yayo nkuru ikina ya World Tour.
-
Ndatimana Olivier wamennye ibintu mu kibuga, yahagaritswe umwaka mu mupira w’amaguru
9 May, by Iradukunda OlivierIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryafashe umwanzuro wo guhagarika igihe cy’umwaka uwari ushinzwe ibikoresho muri Gorilla FC, Ndatimana Olivier, nyuma y’uko agaragaye ari kumena ibintu bitazwi mu kibuga.
-
Ibyo wamenya kuri Rwanda Cup, irushanwa rishya muri Basketball y’u Rwanda
27 April 2024, by Byiringiro Osée ElvisIshyirahamwe rya Basketball mu Rwanda (FERWABA) ryatangije irushanwa rishya ryiswe Rwanda Cup rizajya rihuriza hamwe amakipe yo mu Cyiciro cya Mbere n’icya kabiri mu bagabo n’abagore, rya kabiri rikomeye nyuma ya shampiyona (Rwanda Basketball League).
-
Amakipe y’Icyiciro cya Mbere yasaranganyijwe miliyoni 32 Frw
27 April 2024, by Iradukunda OlivierUbuyobozi bwa Rwanda Premier League bwemeranyije kugabanya amakipe yo mu Cyiciro cya Mbere miliyoni 32 Frw kugira ngo ayasindagize mu gusoza Shampiyona.
-
Bugesera FC yategetswe kutamanuka ngo ibone inkunga y’asaga miliyoni 200 Frw
27 April 2024, by Jah d’eau DukuzeIkipe ya Bugesera FC iri mu biganiro n’abaterankunga babiri batandukanye aho batangira gukorana mu mwaka w’imikino utaha mu gihe cyose yaba idasubiye mu Cyiciro cya Kabiri.
-
Rayon Sports yatsinze Marine FC, yongera kwiyunga n’abafana- Uko umukino wagenze (Amafoto)
9 May, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Kalimpinya ari mu bitwaye neza muri muri Shampiyona Nyafurika ya Rally
10 May, by Iradukunda OlivierUmunyarwandakazi Queen Kalimpinya wari mu bakinnyi barenga 50 bitabiriye Shampiyona Nyafurika yo gusiganwa mu modoka, yegukanye umwanya wa kabiri mu Cyiciro cya Kabiri (ARC2).
IGIHE