Zuchu uri mu bahanzi bagezweho muri Tanzania, yatangaje ko yitegura kwibaruka umwana we wa mbere, akaba uwa Diamond bari bamaze igihe bakundana nubwo baherutse gutangaza ko batandukanye.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Zuchu na Diamond Platnumz bagiye kwibaruka
30 July, by Nsengiyumva Emmy -
King James yeretse Dr.Utumatwishima aho imyiteguro y’ibitaramo bye igeze
30 July, by Nsengiyumva EmmyMbere y’igitaramo cye ateganya gukorera muri BK Arena ku wa 1-2 Kanama 2026, King James yakiriwe na Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi Dr.Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, anaboneraho kumushyikiriza ubutumire bwe.
-
Hakizimana wamenyekanye yiyamamariza kuyobora u Rwanda yatawe muri yombi
30 July, by Nsengiyumva EmmyHakizimana Innocent wamenyekanye mu 2024 ubwo yiyamamarizaga umwanya wa Perezida wa Repubulika, yatawe muri yombi kuri uyu wa 30 Nyakanga 2026, akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo kubuza amahwemo hakoreshejwe mudasobwa cyangwa urusobe rwa mudasobwa, gutangaza amakuru y’ibihuha no gukangisha gusebanya.
-
Narapfuye ndazuka- Bahati wa Just Family yahishuye ko yigeze kurogwa
31 July, by Nsengiyumva EmmyBahati Makaca wamamaye mu itsinda rya Just Family yahishuye ko mu 2018, nyuma yo kuva mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star, yarozwe amara imyaka ibiri arwaye.
-
Shaffy yashyize umucyo ku rukundo yavuzwemo na Princess Priscillah, Shaddyboo na Kisitu Kirabo (Video)
31 July, by Nsengiyumva EmmyUmuhanzi Shaffy yashyize umucyo ku makuru yigeze kumuvugwaho yo gukundana n’inkumi zirimo Princess Priscillah, Shaddyboo na Kisitu Kirabo, ahamya ko yose yari ibihuha bidafite ishingiro.
-
Ubuziranenge bw’inzoga, imyitwarire n’imyambarire bigiye gutungwaho itoroshi mu bitaramo byo mu Rwanda
31 July, by Nsengiyumva EmmyMinisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, ku bufatanye n’inzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’uruganda rw’imyidagaduro, yagaragaje ko igiye kongera imbaraga mu kugenzura ubuziranenge bw’inzoga zitangirwa mu bitaramo, imyitwarire n’imyambarire by’ababyitabira, mu rwego rwo kubaka imyidagaduro itekanye kandi yubahiriza indangagaciro z’u Rwanda.
-
Major X yateguje EP nshya na album azamurikira i Kigali
31 July, by Nsengiyumva EmmyUmuraperi Major X, umaze imyaka atuye muri Mozambique aho yagiye gushakira ubuzima, yateguje EP ye nshya yise ’Vibes Mpagaze’, anatangaza ko ari gutegura album ye ya mbere ateganya kuzamurikira i Kigali.
IGIHE