Mu gihe ibihugu bitandukanye byo muri Afurika bikomeje kwiyubaka no kuzamura urwego mu mupira w’amaguru, si ko bimeze ku Rwanda kuko rukomeje kuba inyuma mu musaruro no mu iterambere rya ruhago, haba ku makipe y’igihugu n’andi menshi aruhagararira mu marushanwa mpuzamahanga.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
APR FC yanganyije na Police FC mu mukino w’ishiraniro; uko wagenze (Amafoto)
6 December 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Impamvu muzi zituma u Rwanda rukomeza guherekeza ibindi bihugu muri ruhago y’abato
12 December 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
APR FC yanganyije na Gorilla FC, yuzuza imikino ibiri ikurikiranye idatsinda- Uko wagenze (Amafoto)
13 December 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Ni iki kitagenda muri APR FC?
14 December 2025, by Eric Tony UkurikiyimfuraNyuma y’imikino 11 imaze gukina muri Shampiyona ya 2025/26, APR FC ifite intsinzi eshanu gusa zingana n’imikino yanganyije. Kuri ubu haribazwa niba ikibazo ari umutoza, ubuyobozi, abakinnyi badashoboye cyangwa niba ari rwo rwego nyakuri rw’iyi kipe.
-
Rayon Sports yongeye gutsindirwa mu Bugesera, ihava itihoreye- Uko umukino wagenze (Amafoto)
14 December 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Bruno Ferry yagizwe umutoza mushya wa Rayon Sports
17 December 2025, by Byiringiro Osée ElvisUmufaransa Bruno Ferry yemejwe nk’umutoza mushya wa Rayon Sports mu gihe cy’amezi atandatu.
-
Ruswa, guharirana, ’Fixing’ n’ibihuha bisesereza: Imungu ikomeje kuzonga Shampiyona y’u Rwanda
27 April 2024, by Jah d’eau DukuzeImwe mu ishusho ingaruka mu maso mu bihe nari mu yahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda ni iy’umwarimu watwigishaga isomo rya Philosophie. Ryari isomo tutakundaga mu by’ukuri ariko uko yari ateye n’uko yavugaga byatumaga tumukurikira, ari na yo mpamvu yatumye nsigarana rimwe mu magambo yatwigishije: “Accusation in a Mirror”.
-
KNC yahaye Uwineza René ibihumbi 100 Frw nyuma yo gutsinda Al Hilal
18 December 2025, by Iradukunda OlivierPerezida wa Gasogi United FC, Kakooza Nkuliza Charles, utanyuzwe n’uko Uwineza René wa Kiyovu Sports atabaye umukinnyi mwiza w’umukino batsinda Al Hilal SC, yahise amugenera ibihumbi 100 Frw.
-
N’iyo twamanuka twajyana Igikombe cy’Amahoro: Perezida wa Bugesera nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma
24 April 2024, by Byiringiro Osée ElvisPerezida wa Bugesera FC, Gahigi Jean Claude, yatangaje ko nubwo adatekereza ko iyi kipe izamanuka mu Cyiciro cya Kabiri ariko binabaye yamanuka ifite Igikombe cy’Amahoro.
-
CAF Confederation Cup: Impamvu za politiki zatumye USM Alger iterwa mpaga
25 April 2024, by Iradukunda OlivierImpuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF) yateye mpaga Ikipe ya USM Alger yo muri Algeria nyuma y’uko ibangamiye RS Berkane yo muri Maroc ku mpamvu za politiki, bigatuma umukino ubanza wa 1/2 cya CAF Confederation Cup wagombaga guhuza amakipe yombi utaba ku Cyumweru.
IGIHE