Boston Celtics yatsinze Miami Heat amanota 114-94, Milwaukee Bucks itsinda Indiana Pacers amanota 109-94 mu mikino ya mbere y’iya kamarampaka muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA).
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
NBA: Boston Celtics na Bucks mu zatangiye neza Playoffs
22 April 2024, by Byiringiro Osée Elvis -
Paula Ostiz yegukanye zahabu mu bangavu, Vallieres atsinda isiganwa ry’abagore ryagoye Abanyarwanda muri Shampiyona y’Isi y’Amagare (Amafoto)
27 September 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Tadej Pogačar yegukanye Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali nyuma yo kwihimura kuri Remco (Amafoto)
28 September 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Aryoha asubiwemo: Icyumweru cya Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali mu mafoto
30 September 2025, by Iradukunda OlivierAbakinnyi, abatoza, abayobozi n’abandi bose batumye isiganwa ry’amagare rigenda neza, batumye Abanyarwanda n’abanyamahanga birahira Umujyi wa Kigali nk’uri mu ya mbere yateguye neza Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025.
-
Ahangayikishijwe no kuba yaravukanye imisemburo myinshi y’abagabo imukumira mu marushanwa
22 April 2024, by Iradukunda OlivierNiyonsaba Francine wahagaritswe mu mikino yo gusiganwa ku maguru atewe impungenge n’uko ahorwa kuba yaravukanye imisemburo nk’iy’abagabo rimwe na rimwe agashyirwa mu cyiciro cy’abakoresha imiti yongera imbaraga cyangwa ibiyobyabwenge.
-
Umutoza Mayanja yaba ari mu nzira zisohoka muri Sunrise FC ?
22 April 2024, by Byiringiro Osée ElvisUmutoza wa Sunrise FC, Jackson Mayanja yerekeje muri Uganda ku mpamvu ziswe iz’umuryango, benshi babihuza n’umusaruro utari mwiza amaranye iminsi muri iyi kipe y’i Nyagatare.
-
TAS yatesheje agaciro ikirego Adil yarezemo APR FC
22 April 2024, by IGIHEUrukiko rushinzwe gukemura impaka muri Siporo ku Isi (TAS), rwatesheje agaciro ubujurire Umunya-Maroc, Mohamed Adil Erradi, yarezemo APR FC ayishinja kumuhagarika binyuranyije n’amategeko mu 2022.
-
APR FC yatsindiwe mu rugo na Pyramids FC muri CAF Champions League; uko umukino wagenze (Amafoto)
1 October 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Police FC yatsinze Rayon Sports mu kirarane cya Shampiyona; uko umukino wagenze (Amafoto)
2 October 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Jesus Moloko wa AS Kigali yavuze ku bamushinje gusaba amafaranga Fiston Mayele
4 October 2025, by Iradukunda OlivierUmukinnyi wa AS Kigali, Jesus Ducapel Moloko, yavuze ko abari kugaragaza ko asigaye asabiriza bagendeye ku mafaranga aherutse guhabwa na Fiston Mayele ari abatamwifuriza ineza, nyamara we yarabikoze asabira bagenzi be b’Abanye-Congo.
IGIHE