Abarimo Ish Kevin, Bwiza na Christopher bari mu bahanzi bazirikanye abakunzi b’umuziki wabo, bakora mu nganzo babaganera indirimbo nshya.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Topher, Bwiza, Alto na Ish Kevin mu bakoze mu nganzo … Indirimbo nshya za Weekend
5 July 2025, by Uwiduhaye Theos -
Filime 11 wareba muri Gicurasi kuri Netflix
6 May 2024, by Peacemaker PunditBenshi mu bakunzi ba filime hari ubwo babunza imitima bibaza aho bakura filime zo kureba kugira ngo bagire ibihe byiza bibinjiza mu mpeshyi izaba ishyushye mu Isi y’imyidagaduro.
-
Ibyo wamenya ku muti wa Ozempic ukoreshwa n’ibyamamare by’i Hollywood
6 May 2024, by Peacemaker PunditOzempic ni umuti w’abarwayi ba Diabète aho ukoreshwa mu kugabanya ikigero cy’isukari mu mubiri. Kuri ubu ugezweho i Hollywood mu byamamare byibasiwe n’umubyibuho ukabije, ababura ibitotsi n’abafite ububabare bukabije.
-
Imbamutima za Chryso Ndasingwa wubakiye amateka imbere y’umubyeyi we
6 May 2024, by Nsengiyumva EmmyAmashimwe ni yose kuri Chryso Ndasingwa nyuma yo gukorera igitaramo cy’amateka muri BK Arena, inyubako ubusanzwe yubahwa na buri muhanzi bitewe n’uko ijyamo umubare munini w’abakunzi b’umuziki.
-
Coach Gael yongeye guhura na Element nyuma y’iminsi badacana uwaka
6 July 2025, by Nsengiyumva EmmyNyuma y’igihe badacana uwaka ndetse inyinshi mu nkuru zibaganisha mu nkiko kubera kunanirwa kumvikana mu bijyanye n’imikoranire, Coach Gael na Element, bahuriye muri Amerika.
-
Tuff Gangs yazirikanye isabukuru y’amavuko ya Jay Polly (Amafoto)
6 July 2025, by Nsengiyumva EmmyAbaraperi barimo Bull Dogg, P Fla na Fireman bari mu bagize itsinda rya Tuff Gangz bahuriye mu gitaramo bakoreye ahitwa ‘Maison Noire’, cyahuriranye n’isabukuru y’amavuko ya mugenzi wabo witabye Imana, Jay Polly.
-
Ibitazibagirana mu rukundo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rukomeje kugerwa imijugujugu (Video)
7 July 2025, by Uwiduhaye TheosNi imwe muri couple zavuzwe cyane guhera mu 2019 ubwo Kimenyi Yves we ubwe yemezaga ko ari mu munyenga w’urukundo na Miss Muyango Uwase Claudine, nyuma y’igihe ibyabo bihwihwiswa ko bakundana ariko nta n’umwe ubyemera cyangwa ngo abihakane.
-
Abahanzi babaye akazuyazi mu muziki nyarwanda
17 July 2025, by Uwiduhaye TheosMu muziki nyarwanda, hari urwego abahanzi bamwe na bamwe baba barimo rutavugwaho kenshi, ariko rufite agaciro gakomeye mu gutuma uruganda rw’umuziki rukomeza kubaho no kugenda rutera imbere.
-
Christopher yerekeje muri Canada (Amafoto)
6 May 2024, by Nsengiyumva EmmyNyuma yo gusohora indirimbo ye nshya ‘Vole’, Christopher yamaze guhaguruka mu Mujyi wa Kigali yerekeza muri Canada aho ategerejwe mu bitaramo bitandukanye birimo n’icyo azahuriramo n’Umurundi Mudibu.
-
Sonia Rolland yambitswe impeta n’uwahoze ari umukunzi we mu myaka 20 ishize
6 May 2024, by Nsengiyumva EmmyUwitonze Sonia Rolland, Umunyarwandakazi wabaye Nyampinga w’u Bufaransa 2000 yambitswe impeta n’uwahoze ari umukunzi we mu myaka 20 ishize Christophe Rocancourt.
IGIHE