Ibyamamare bitandukanye byanyuranye umucyo mu birori ‘Met Gala’ byabereye i New York mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 6 Gicurasi 2024.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Ibyamamare byanyuranye umucyo mu birori bya ’Met Gala 2024’ (Amafoto)
7 May 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Ntabwo ari ibintu yitoza! Ababyeyi b’umwana w’imyaka itanu ufite impano idasanzwe mu kubyina Kinyarwanda
10 July 2025, by Nsengiyumva EmmyKu mbuga nkoranyambaga kuva mu ijoro ryo ku wa 9 Nyakanga 2025 hari gukwirakwizwa amashusho yafatiwe mu myitozo y’Itorero Inyamibwa agaragaza umwana w’imyaka itanu ariko uzi kubyina Kinyarwanda ku buryo buhambaye.
-
Burna Boy na Bieber bashyize hanze album; Social Mula, Mr Kagame na Real Gasana bakora mu nganzo…Indirimbo nshya za weekend
12 July 2025, by Uwiduhaye TheosBuri mpera z’icyumweru IGIHE yiyemeje gutanga umusanzu mu muziki nyarwanda, aho ikora urutonde rw’indirimbo nshya zagiye hanze. Ni indirimbo ziba zirimo iz’abahanzi nyarwanda, n’abo hanze mu ngeri zose.
-
Umujyanama wa Patoranking mu byamamare byitabiriye ibirori by’isabukuru ya Coach Gael
13 July 2025, by Nsengiyumva EmmyUmushoramari wihebeye umuziki w’u Rwanda ndetse na siporo aho yashoye mu ikipe ya UGB, Coach Gael yakoze ibirori by’isabukuru y’amavuko ye byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo na Catalyst usanzwe ari umujyanama wa Patoranking.
-
Umuzunguzayi wahindutse ikirangirire: Amateka ya Ayra Starr utegerezanyijwe amashyushyu i Kigali n’indirimbo ze zo kwitegwa
16 July 2025, by Uwiduhaye TheosAbakunzi b’umuziki mu Rwanda bari kubyinira ku rukoma nyuma y’inkuru zivuga ko umuhanzi w’Umunya-Nigeria, Oyinkansola Sarah Aderibigbe umaze kubaka izina rikomeye mu muziki nka Ayra Starr, agiye gutaramira mu Rwanda mu gitaramo kizaherekeza iserukiramuco rya ‘Giants of Africa’.
-
Uganda: Urujijo ku itabwa muri yombi ry’umunyarwenya w’Umunyarwanda ‘Soloba’
18 July 2025, by Nsengiyumva EmmyKuva ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 18 Nyakanga 2025, amakuru avuga ko umunyarwenya Swedi Habimana wamamaye nka ‘Soloba’ muri sinema y’u Rwanda yaba yafatiwe muri Uganda, nk’uko bigaragazwa n’amafoto akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga.
-
Amashusho ya Marina yerekana imiterere y’umubiri we yarikoroje
21 July 2025, by Nsengiyumva EmmyMarina yatunguranye asangiza abamukurikira amashusho yerekana imiterere y’umubiri we, bituma benshi bacika ururondogoro.
-
Bruce Melodie na DJ Marnaud bagiye gutaramira mu Bubiligi
7 May 2024, by Nsengiyumva EmmyBruce Melodie na DJ Marnaud bagiye guhurira mu gitaramo giteganyijwe kubera i Bruxelles mu Bubiligi ku wa 6 Nyakanga 2024, aho kugeza ubu abakunzi b’aba banyamuziki banatangiye kwibikaho amatike yabo.
-
Country Records yihakanye Element, iha ikaze buri wese ushaka gukora Afro Gako
7 May 2024, by Uwiduhaye TheosUbuyobozi bwa Country Records bwamaganye Element ukomeje kuvuga ko ari we wazanye AfroGako, buha ikaze abatunganya indirimbo bose bashaka gukoresha iyi njyana.
-
Aime Uwimana yavuze ku gihembo yahawe na Chryso Ndasingwa n’uko asanzwe amufata
7 May 2024, by Nsengiyumva EmmyAime Uwimana yavuze ko yakozwe ku mutima n’igihembo yashyikirijwe na Chryso Ndasingwa ahamya ko anyurwa bikomeye no kubera abandi umugisha, ndetse avuga ko ibyo abantu bamushimira atari we wabikoze ahubwo ari Imana yabimushoboje.
IGIHE