King James yahishuye ko amarangamutima yamufatiye i Nyagatare, nyuma yo kubona umwana uri gukurikirana cyane igitaramo cye, ahitamo kumuzamura ku rubyiniro nyuma yo kubyinana indirimbo imwe ahita amuha ingofero ye.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Amarangamutima yatumye King James aha umwana ingofero yari yaserukanye i Nyagatare
21 July 2025, by Nsengiyumva Emmy -
Perezida Kagame na Masai Ujiri bitabiriye igitaramo cyo gutangiza Iserukiramuco rya Giants of Africa (Amafoto)
27 July 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura, Uwiduhaye TheosAbahanzi batandukanye biganjemo abakomoka mu Rwanda ndetse na Uncle Waffles wo muri Afurika y’Epfo, bashimishije benshi bitabiriye igitaramo gifungura Iserukiramuco rya Giants of Africa, riri kubera mu Rwanda ku nshuro ya kabiri guhera ku wa 26 Nyakanga mu gihe rizarangira ku wa 2 Kanama 2025.
-
Hamenyekanye itariki y’ubukwe bwa Desire Luzinda na Levixone
28 July 2025, by Nsengiyumva EmmyNyuma y’iminsi mike bimenyekanye ko Levixone yambitse impeta Desire Luzinda, ubu inkuru itahiwe n’ihamya ko iminsi isigaye bagakora ubukwe ari mbarwa.
-
Jules Sentore, Okkama, Mike Kayihura na Kivumbi mu bakoze mu nganzo: Indirimbo nshya za Weekend
2 August 2025, by Uwiduhaye TheosNk’uko bisanzwe mu mpera za buri cyumweru, IGIHE ibagezaho urutonde rw’indirimbo nshya yaba iz’abahanzi bagezweho mu Rwanda n’abandi bakizamuka baririmba umuziki usanzwe n’uwo guhimbaza Imana.
-
Ayra Starr yaririmbiye i Kigali bwa mbere, Kizz Daniel na The Ben bakora ibidasanzwe mu gitaramo giherekeza ‘Giants of Africa’ (Amafoto)
2 August 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura, Uwiduhaye TheosAbahanzi bakomeye muri Nigeria barimo Timaya, Kizz Daniel na Ayra Starr ndetse na The Ben; bapfundikiye ibirori by’Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa’ mu gitaramo cyitabiriwe ku rwego rwo hejuru, cyabereye muri BK Arena.
-
Umurinzi wa The Ben yavuye muri BK Arena ajyanwa mu bitaro
4 August 2025, by Nsengiyumva EmmyFaycal Ntawugayake uzwi nka Fayzo cyangwa se Yantare benshi bazi nk’umurinzi wa The Ben, yavuye muri BK Arena aho yari yaherekeje uyu muhanzi, ajyanwa mu bitaro nyuma yo gufatwa n’uburwayi butunguranye.
-
Social Mula yavuze ku rukundo rushya rwatumye atinda i Burayi
7 May 2024, by Mahoro VainqueurSocial Mula wari umaze hafi umwaka acecetse mu itangazamakuru, yasubije abibazaga ku bikorwa ahugiyemo ndetse akomoza ku byavuzwe ko yaba yarashatse kwigumira i Burayi aho yari yaragiye mu bitaramo byabaye mu Ukuboza 2022.
-
Gakenke: Umuturage yitiriye umwana we DJ Miller kubera urukundo yamukundaga
8 May 2024, by Hakizimana Jean PaulUmuturage witwa Nsengimana Jean Baptiste utuye mu Karere ka Gakenke yitiriye umwana we w’umuhungu DJ Miller witabye Imana mu 2020, akavuga ko yabikoze kugira ngo ajye amumwibutsa ngo kuko yari umwe mu byamamare yakunze.
-
Kampala: Teta Sandra yatawe muri yombi
7 August 2025, by Nsengiyumva EmmyPolisi ya Uganda yemeje amakuru y’uko yataye muri yombi Teta Sandra kuri ubu akaba afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Kabalagala kubera ko yagonze ku bushake umugabo we Weasel ubu urwariye mu bitaro bya Nsambya.
-
The Ben mu mushinga wo gukorana indirimbo na Kizz Daniel
8 August 2025, by Nsengiyumva EmmyThe Ben yatangiye urugendo rwo kwitegura gukorana indirimbo na Kizz Daniel baherutse guhurira mu gitaramo cya ‘Giants of Africa’ cyabereye muri BK Arena ku wa 2 Kanama 2025.
IGIHE