Mu ijoro ryo ku wa 19 Nyakanga 2026 i Gahanga hasorejwe ‘Spinny&Friends Festival’, igitaramo cyari kimaze iminsi ibiri kibera mu Rwanda, cyateguwe na DJ Spinny uri mu bavanga imiziki bafite izina rikomeye muri Uganda.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Amafoto 70 agaragaza uburyo abarimo The Ben, Mike Kayihura na Elijah Kitaka basoje ‘Spinny&Friends Festival’
20 July, by Nsengiyumva Emmy -
Vestine na Dorcas batangiye kwirwariza mu muziki
20 July, by Nsengiyumva EmmyNyuma yo gutangaza ko batandukanye na Murindahabi Iréné uzwi nka M. Iréné, itsinda rya Vestine na Dorcas ryatangiye urugendo rwo kwirwariza mu muziki, risohora indirimbo yabo ya mbere nyuma yo gutandukana yise ‘Itabaza’.
-
Hongewemo ab’i Burundi na Uganda: ‘I Am Hip Hop Festival’ mu isura nshya
21 July, by Nsengiyumva EmmyMu minsi iri imbere i Kigali hazabera iserukiramuco rya ‘I Am Hip Hop Festival’, riteganyijwe kwitabirwa n’abahanzi bagera kuri 30 barimo abo mu Rwanda, Uganda n’u Burundi.
-
Ikiganiro ‘VIE VIP’ cya Moctar na France Mpundu cyatangiye kwerekanwa na CANAL+
22 July, by Nsengiyumva EmmyKuva ku wa 20 Nyakanga 2026, ikiganiro ‘VIE VIP’ cya Moctar na France Mpundu bari bamaze igihe bafatira amashusho, cyatangiye gutambuka kuri CANAL+ Magic.
-
Ambassadors of Christ Choir igiye kwifatanya n’abategura Gen Z Comedy guhanura urubyiruko
21 July, by Nsengiyumva EmmyAmbassadors of Christ Choir yo mu Itorero ry’Abadivantisiti b’Umunzi wa Karindwi, igiye gufatanya na Gen Z Comedy mu gukangurira urubyiruko kubaho ubuzima bufite intego.
-
Patrick Tse wamamaye muri sinema yapfuye
21 July, by Gilbert UkwizagiraPatrick Tse, wamamaye ku izina rya Sei Gor, yitabye Imana ku myaka 89 y’amavuko azize uburwayi nyuma y’imyaka isaga 70 yari amaze muri sinema.
-
Miss Muyango yerekanye Mercedes-Benz GLC 300 yaguze, ayambika ‘plaque’ iriho amazina ye
21 July, by Nsengiyumva EmmyMiss Muyango Claudine yerekanye imodoka nshya yo mu bwoko bwa Mercedes-Benz GLC 300 yaguze, anahita ayambika plaque iriho amazina ye.
-
Nyuma y’imyaka umunani, abari bagize ‘Urban Boys’ bongeye guhura (Video)
22 July, by Nsengiyumva EmmyNyuma y’imyaka umunani, Safi, Humble Jizzo na Nizzo bamenyekanye cyane mu itsinda Urban Boys bongeye guhura ari batatu, mbere y’iminsi mike ngo bataramire i Rubavu.
-
Urukundo rwa Ruti Joël n’inkumi yagize ibanga rugeze aharyoshye
22 July, by Nsengiyumva EmmyRuti Joël uri mu bahanzi bagezweho mu muziki w’u Rwanda by’umwihariko uwa gakondo, akomeje guca amarenga y’urukundo rwe n’inkumi yagize ibanga.
-
Igitaramo cya The Ben na Diamond i Kampala cyasubukuwe
22 July, by Nsengiyumva EmmyAbategura igitaramo cy’urwenya cya Comedy Store, cyari cyaratumiwemo abarimo Diamond Platnumz, The Ben na Eric Omondi, batangaje ko kigiye kuba nyuma yo gusubikwa kubera ingamba Leta ya Uganda yari yafashe zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola.
IGIHE