Abiganjemo abafite amazina akomeye mu myidagaduro nyarwanda bitabiriye siporo rusange yabaye kuri iki Cyumweru, tariki ya 9 Kanama 2026, yanakorewemo ubukangurambaga bwo kurwanya inzoga zizwi nka ‘ibyuma’.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Car Free Day: Abiganjemo ibyamamare bakanguriye abantu kureka inzoga z’ibyuma (Amafoto)
9 August, by Nsengiyumva Emmy -
Abiganjemo abakinnyi ba filime batabaye Mitsutsu uherutse gupfusha murumuna we (Amafoto)
9 August, by Nsengiyumva EmmyAbiganjemo abafite amazina akomeye mu myidagaduro y’u Rwanda, by’umwihariko muri sinema, batabaye umunyarwenya Kazungu Emmanuel uzwi nka Mitsutsu, washyinguye murumuna we Misago Desire uherutse kwitaba Imana afite imyaka 26.
-
Urban Boyz yazutse, mu biganiro byo kongera gukorana na Super Level
10 August, by Nsengiyumva EmmyItsinda rya Urban Boyz rimaze iminsi i Kigali nyuma yo kwiyunga. Uretse kongera guhura ari batatu, bongeye guhura na Nsengumuremyi Richard bakoranye igihe muri ‘Super Level’.
-
Tyrese Gibson utegerejwe muri Uganda, yateguje ibitaramo bitandatu muri Afurika
10 August, by Nsengiyumva EmmyUmuhanzi akaba n’umukinnyi wa filime w’Umunyamerika, Tyrese Gibson, yemeje ko agiye kongera gukorera ibitaramo muri Afurika, aho biteganyijwe ko azahurira n’abakunzi be muri Uganda.
-
Nduwimana yongewe mu bitaramo Adrien Misigaro na Richard Nick Ngendahayo bazakorera Australie
10 August, by Nsengiyumva EmmyDavid Trésor Nduwimana uri mu bahanzi b’amazina akomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba utuye muri Australie, yongewe mu bitaramo Adrien Misigaro na Richard Nick Ngendahayo bagiye gukorera muri iki gihugu.
-
Miss Nishimwe Naomie agiye kwibaruka
11 August, by Nsengiyumva EmmyMiss Nishimwe Naomie yahishuye ko yitegura kwibaruka imfura ashimira Imana yamubaye hafi anayishimira ko yasohoje isezerano ryayo ikamuha imfura ateganya kwibaruka mu minsi iri imbere.
-
Bwa mbere Nel Ngabo yerekeje i Burayi (Video)
11 August, by Nsengiyumva EmmyKu gicamunsi cyo kuri uyu wa 11 Kanama 2026, Nel Ngabo yerekeje i Burayi, aho yitabiriye iserukiramuco rya ‘AfrOstrava 2026’, ategerejwe guhuriramo na Kivumbi King na CKay wo muri Nigeria. Iri serukiramuco rizabera mu Mujyi wa Ostrava muri Repubulika ya Tchèque.
-
M.Iréné yasezeranye imbere y’amategeko n’inkumi bitegura kurushinga
11 August, by Hakizimana Jean PaulUmunyamakuru Murindahabi Iréné, wamenyekanye nka M. Iréné, yasezeranye imbere y’amategeko na Nikuze Liliane, igikorwa cyabereye mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana.
-
Ellen DeGeneres ari mu Rwanda
12 August, by Nsengiyumva EmmyUmunyamerika Ellen Lee DeGeneres n’umukunzi we, Portia de Rossi bamaze iminsi mu Rwanda, ndetse baherutse no gusura ikigo ‘The Ellen DeGeneres Campus of the Dian Fossey Gorilla Fund’.
-
The Ben muri Gen-Z Comedy, Urban Boyz i Bugesera na Ruti Joël kuri Muhazi: Weekend yahumuye
13 August, by Nsengiyumva EmmyUbundi, abahanga mu kwizihirwa n’ibirori bya weekend batangira kubunza imitima ku wa Kane, bibaza aho bazatsinda umunaniro bamaranye iminsi y’icyumweru bajya mu kazi katabemerera guhumeka.
IGIHE