Umunyabigwi mu gukora filime zivuga ku buzima bw’inyamaswa, Alastair Fothergill, ari mu bantu batoranyijwe kuzita amazina abana b’ingagi mu muhango wa Kwita Izina ku nshuro ya 21, uzabera i Kinigi mu Karere ka Musanze ku wa 4 Nzeri 2026.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Alastair Fothergill wamamaye muri ‘documentaire’ z’inyamaswa mu bazita izina abana b’ingagi
3 September, by Nsengiyumva Emmy -
Kenza ufite ikamba rya ‘Miss Belgique 2024’ ategerejwe mu Kinigi
3 September, by Nsengiyumva EmmyKenza Johanna Ameloot, wabaye Miss Belgique 2024, ari mu bantu bazitabira umuhango wo Kwita Izina 2026, aho azagira uruhare mu kwita izina umwe mu bana b’ingagi.
-
Biri kuza! Samu Zuby wakubiswe inshuro ashaka kwinjira mu Nteko Ishinga Amategeko
3 September, by Nsengiyumva EmmyMuco Samson wamenyekanye nka Samu Zuby, wari wabonye ijwi rimwe mu matora y’abahagarariye urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko, yishimiye ko ubwo yongeraga kugerageza amahirwe ye yazamutseho, akabona amajwi atandatu.
-
Mr. Romantic wo muri ‘Moriox Kids CBC’ yasanze bagenzi muri Kyrgyzstan
3 September, by Nsengiyumva EmmyUwiringiyimana Lucky wamenyekanye nka Mr. Romantic, wari wasigaye i Kigali mu gihe bagenzi be bo muri ‘Moriox Kids CBC’ bari berekeje muri Kyrgyzstan, nawe yashyize aragenda nyuma yo kubona ibyangombwa byari byatinze.
-
Marie-Clémentine Dusabejambo ku rutonde rw’abazita abana b’ingagi
3 September, by Nsengiyumva EmmyMarie-Clémentine Dusabejambo, umwe mu bamaze kubaka izina rikomeye muri sinema nyarwanda no ku rwego mpuzamahanga, yashyizwe mu bazita amazina abana b’ingagi mu muhango ngarukamwaka wa Kwita Izina uteganyijwe ku wa 4 Nzeri 2026.
-
Shaddyboo yavuye muri ‘rehab’
3 September, by Nsengiyumva EmmyNyuma y’amezi abiri Shaddyboo yari amaze mu kigo cya Isange Rehabilitation Centre i Huye, aho yari yagiye gufashwa kureka gukoresha ibiyobyabwenge, yatashye.
-
Yugi Umukaraza washinjwe ibiyobyabwenge no gusambanya ku gahato Shaddyboo yarekuwe
3 September, by Nsengiyumva EmmyYugi Umukaraza wari umaze igihe afunzwe nyuma yo gushinjwa icyaha cyo gusambanya ku gahato Shaddyboo cyabuze ibimenyetso byatuma akomeza kugikurikiranwaho n’icyo gukoresha ibiyobyabwenge yarekuwe nyuma yo kumvikana n’Ubushinjacyaha akabwizeza kwisubiraho.
-
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru yifatanyije na Bazongere wasoje urugendo Kigali-Musanze n’amaguru
3 September, by Nsengiyumva EmmyGuverineri w’Intara y’Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice yifatanyije na Bazongere Rosine mu rugendo rw’umunsi wa kabiri yakoze n’amaguru ava i Kigali yerekeza i Musanze.
IGIHE