Urugendo Perezida w’ikipe ya Aigle Noir FC, Révérien Ndikuriyo, yateganyije kugirira i Kigali rwateje impaka mu buyobozi bukuru bw’u Burundi, aho bivugwa ko Perezida Évariste Ndayishimiye yamutegetse kutayiherekeza mu Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > MainSlideNews
MainSlideNews
Articles
-
Urugendo Ndikuriyo yateganyije i Kigali rwaciye igikuba mu butegetsi bw’u Burundi
2 September, by IGIHE -
Imiryango, amadini n’amashuri byatengushye leta; muhame hamwe rero ibakorere inshingano
3 September, by Uwimana AbrahamUbwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko, ni ibitekerezo by’umwanditsi Uwimana Abraham, impuguke mu itangazamakuru, itumanaho n’inozabubanyi.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abagize Inama y’Ubutegetsi ya RDB
2 September, by IGIHEPerezida Paul Kagame, yitabiriye inama y’abagize Inama y’Ubutegetsi y’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), aho basuzumye ibikorwa by’ingenzi bigamije kwihutisha iterambere ry’ubukungu burangajwe imbere n’ibikorwa by’abikorera.
-
Igisirikare, ubutasi, ishuri na politiki: Imikorere n’imiyoborere ya FDLR
3 September, by Jean de Dieu TuyizereUmutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ufite imiterere n’imiyoborere imeze nk’iy’igisirikare gisanzwe, mu rwego rwa politiki na bwo ukaba uteguye neza; ibituma ukomeza kwiyubaka, ndetse bigaha ishingiro impungenge u Rwanda ruwufiteho.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’Intumwa zihariye z’Umunyamabanga Mukuru wa Loni ku ntambara mu karere
2 September, by IGIHEPerezida Kagame yaganiriye n’Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni akaba n’Umuyobozi wa MONUSCO, James Swan, n’Intumwa yihariye y’Umunyamabanga wa Loni mu Karere k’Ibiyaga bigari, Huang Xia, ku ngaruka ikibazo cy’intambara yo mu burasirazuba bwa RDC kigira ku mutekano w’u Rwanda n’uburyo hakenewe gukemura umuzi wacyo.
-
Perezida Kagame yagaragaje inenge iri muri serivisi z’imari muri Afurika
3 September, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yagaragaje ko ku Mugabane wa Afurika hari ikibazo cy’uburyo abantu babasha kugera ku mafaranga abafasha gutangira imishinga itandukanye, kuko usanga abafite amafaranga ari bo bahabwa inguzanyo, aho kuzigenera abakeneye igishoro.
IGIHE