P Fla na Khalfan bongeye kumvikana bikoma itangazamakuru ryakunze kuryamira injyana ya Hip Hop rigatonesha izindi kabone nubwo abazikora baba bakora ibyo bahamya ko atari byiza.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Umuziki wo muri iyi minsi ni umwanda! P Fla asanga urwishe Hip Hop rukiyirimo (Video)
12 March 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Diamond Platnumz yahagaritse ubukwe ku munota wa nyuma
11 March 2024, by Daniel HavugaruremaEsma Platnumz uvukana na Diamond Platnumz, yatangaje ko hari ubukwe musaza we yari agiye gukora abuhagarika ku munota wa nyuma.
-
Green P yagarutse, Nirere Shanel, Alyn Sano na Senderi bakora mu nganzo…Indirimbo nshya za Weekend
6 July 2024, by Uwiduhaye TheosAbakurikira IGIHE by’umwihariko igice cy’imyidagaduro bamaze kumenyera ko mu mpera za buri cyumweru dukora urutonde rw’indirimbo nshya z’abahanzi zirimo iz’abakizamuka n’abamaze kubaka izina, hagamijwe guteza imbere umuziki nyarwanda.
-
Marina yavuze ku mufana uherutse kumubona agasuka amarira
8 July 2024, by Nsengiyumva EmmyMu minsi ishize ubwo Marina yari mu bikorwa byo kwamamaza abakandida ‘Depite’ b’umuryango FPR Inkotanyi mu Karere ka Nyabihu, yahuye n’inkumi isanzwe ikunda umuziki we nyuma yo kwibonera uyu muhanzikazi kwihangana biranga asuka amarira.
-
Imbamutima z’abahanzi bagabiwe na Perezida Kagame
15 July 2024, by Nsengiyumva EmmyAbahanzi batumiwe na Perezida Kagame mu rwuri rwe akanabagabira, bagaragaje ko banyuzwe bikomeye ndetse bamushimira kuba imvugo ye ari yo ngiro, cyane ko ibyo yabasezeranyije ahise abisohoza nyuma y’iminsi mike cyane.
-
Intsinzi ya Perezida Kagame yatumye umunyarwenya Doctall Kingsley ahindura imvugo
16 July 2024, by Nsengiyumva EmmyUmunyarwenya Doctall Kingsley wamaze kwiyita Ntakirutimana, yagaragaje ko yishimiye bikomeye intsinzi ya Perezida Kagame yita umubyeyi we.
-
Kevin Kade n’umunyamideli Jasinta Makwabe bongeye kurikoroza
16 July 2024, by Nsengiyumva EmmyKevin Kade na Jasinta Makwabe, umunyamideli umaze kubaka izina muri Tanzania, bongeye kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’uko basohoye amashusho bari gutemberana muri Kigali Convention Centre cyane ko hari hashize iminsi baciye amarenga ko bari mu rukundo.
-
Abahatanye muri ’Miss Uganda’ bakozanyijeho mu mwiherero, Halsey yambitswe impeta y’urukundo: Avugwa hanze mu myidagaduro
18 July 2024, by Uwiduhaye TheosAbakobwa batandukanye bahatanye mu Irushanwa rya Miss Uganda bakozanyijeho mu mwiherero nk’uko bigaragara mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, aho aba bakobwa bahanganye kakahava, bagafatana mu mashati kugera ubwo bakizwaga n’abari hafi aho.
-
The Ben yababajwe n’uko Bruce Melodie yahinduye urwenya ubutumwa bw’urukundo yamuhaye
12 March 2024, by Mahoro VainqueurThe Ben yatangaje ko atanejejwe n’uburyo Bruce Melodie atahaye agaciro ubutumwa bwo kumushimira no kumugaragariza urukundo yamuhaye ubwo bari bahuriye muri Rwanda Day iherutse kubera i Washington DC.
-
Hoteli na Restaurants zirenga 70 zigiye kwitabira iserukiramuco ‘Taste of Kigali’
13 March 2024, by Nsengiyumva EmmyHoteli na restaurants zirenga 70 zemeje ko zizitirabiera iserukiramuco ‘Taste of Kigali’ riteganyijwe kubera mu Mujyi wa Kigali kuva ku wa 23-24 Werurwe 2024.
IGIHE