AS Kigali yatangaje ko yamaze gusinyisha abakinnyi babiri bakomoka i Burundi, ari bo Nibikora Arthur na Jospin Nshimirimana wasinyishijwe na Kiyovu Sports ariko akayivamo adakinnye kubera ibihano yafatiwe na FIFA.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Intwari itsinze AS Kigali (Amafoto)
28 January 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Police FC yongeye gusezerera Rayon Sports mu Gikombe cy’Intwari (Amafoto)
28 January 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
AS Kigali yasinyishije Abarundi babiri
29 January 2025, by Iradukunda Olivier -
Uko amakipe yo mu Rwanda yitwaye ku isoko ry’abakinnyi rya Mutarama 2025
1 February 2025, by Iradukunda OlivierIsoko ry’abakinnyi rya Mutarama 2025 ryafunzwe ku wa Gatanu ku makipe y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, aho amenshi muri yo yongereyemo abazayafasha kugera ku ntego yihaye muri uyu mwaka w’imikino wa 2024/25 ugeze hagati.
-
APR FC yegukanye Igikombe cy’Intwari itsinze Police FC; uko umukino wagenze (Amafoto)
1 February 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Samuel Gueulette yabaye umukinnyi mwiza wa Mutarama 2025 muri RAAL La Louvière
5 February 2025, by Iradukunda OlivierSamuel Gueulette ukinira Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yabaye umukinnyi wahize abandi muri Mutarama 2025 mu ikipe ye ya RAAL La Louvière yo mu Cyiciro cya Kabiri mu Bubiligi.
-
Uko Stade Amahoro yabaye ingobyi yarokoye Abatutsi muri Jenoside
12 April 2024, by Iradukunda OlivierImyaka 30 irashize Abanyarwanda ndetse n’inshuti zarwo bibuka Jenoside yakorewe Abatutsi yahitanye abarenga miliyoni gusa abashoboye kuyirokoka nabo barakataje mu kongera gusana igihugu.
-
Nibutse bwa mbere ariko ubu ndi umuhamya mwiza w’ibyabaye - Rutahizamu wa Bugesera FC
13 April 2024, by Iradukunda OlivierRutahizamu wa Bugesera FC, Ani Elijah, ni umwe mu banyamahanga bakina mu Rwanda gusa yagaragaje ko ku nshuro ya mbere abonye amateka y’igihugu bimugira umuhamya mwiza w’ukuri kwa Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Espoir BBC ntiri mu makipe azakina Irushanwa ryo Kwibuka
13 April 2024, by Byiringiro Osée ElvisAmakipe ane ya mbere ku rutonde rwa Shampiyona ya Basketball mu bagabo n’abagore ni yo azitabira Irushanwa ryo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, riteganyijwe tariki 19 na 20 Mata 2024 muri BK Arena.
-
Patriots BBC yaguze Elliot Cole wakinaga mu Misiri
5 February 2025, by Byiringiro Osée ElvisPatriots BBC yaguze Umunyamerika Elliot Cole wakinaga muri Al Ittisalat yo mu Misiri.
IGIHE