Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko ryashyizeho Umwongereza Nicholas de-Long, nk’ushinzwe Iterambere ry’abakiri bato muri ruhago.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
Umwongereza Nicholas de-Long yahawe akazi muri FERWAFA
17 August, by Iradukunda Olivier -
FEASSA 2026: Umunsi wa Gatatu wazamuriye icyizere amwe mu makipe ahagarariye u Rwanda
17 August, by IGIHEAmwe mu makipe ahagarariye u Rwanda mu Mikino ihuza ibigo by’amashuri byo muri Afurika y’Iburasirazuba, FEASSA 2026, yiyongereye amahirwe yo kugera muri ½ no kwegukana ibikombe, nyuma yo kwitwara neza ku Munsi wa Gatatu w’amarushanwa akomeje kubera i Morogoro muri Tanzania.
-
FIFA yirukanye umuyobozi wanenze Gianni Infantino
18 August, by IGIHEIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, ryirukanye Kevin Lamour wari Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ibikorwa bya buri munsi, nyuma y’ibyumweru bitageze kuri bitatu anenze bikomeye Perezida wayo, Gianni Infantino, ku mugambi wari ugamije kugurisha imigabane mu bikorwa bya FIFA ku bashoramari bigenga.
-
FERWAFA yatumije amakipe ane azakina Super Cup ishobora gusubikwa
18 August, by Eric Tony UkurikiyimfuraIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatumije amakipe ane yari yamenyeshejwe ko azitabira ‘FERWAFA Super Cup 2026’ mu nama iteganyijwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 18 Kanama 2026.
-
Kera kabaye Girumugisha Jean Claude yerekanywe muri Al Ahli Tripoli
18 August, by Iradukunda OlivierNyuma y’iminsi akora imyitozo ariko atarashyira umukono ku masezerano, rutahizamu w’Umurundi ukina anyuze mu mpande, Girumugisha Jean Claude, yatangajwe nk’umukinnyi mushya wa Al Ahli Tripoli yo muri Libya mu gihe cy’imyaka ibiri.
-
Umunsi Pep Guardiola yerurira abakinnyi ingaruka za gatanya yamukozeho
18 August, by Iradukunda OlivierHashyizwe hanze icyegeranyo ku bihe bya nyuma by’Umutoza Pep Guardiola muri Manchester City, gihishurirwamo ko yasabye abakinnyi kumwihanganira kuko atorohewe na gatanya yarimo n’umugore we, Cristina Serra, ndetse anabasaba kubigira ibanga.
-
Premier League izajya itangaza ibisobanuro byuzuye ku byemezo by’abasifuzi na VAR
18 August, by IGIHEShampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza, Premier League, yatangaje ingamba nshya zigamije kongera umucyo mu byemezo bifatwa n’abasifuzi, aho guhera muri uyu mwaka w’imikino, abafana bazajya bagezwaho imyanzuro yuzuye y’Akanama gashinzwe gusuzuma ibyemezo by’ingenzi bifatwa mu mikino, Key Match Incidents Panel (KMI Panel).
-
Hagumintwari Steven wa RSSB Tigers BBC yambitse impeta Uwamwezi
18 August, by Iradukunda OlivierHagumintwari Steven ukinira ikipe ya RSSB Tigers BBC yambitse impeta Uwamwezi amusaba kumubera umugore, ndetse bagaragaza ko ari intangiriro y’ubuzima bwabo bushya.
-
Patrick Vieira yagizwe Umutoza wa Sénégal
18 August, by Iradukunda OlivierPatrick Vieira wakanyujijeho mu makipe arimo Arsenal FC n’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa, yagizwe Umutoza Mukuru w’Ikipe y’Igihugu Sénégal, asimbuye Pape Thiaw.
-
APR FC yasimbujwe Mukura VS muri FERWAFA Super Cup
18 August, by Iradukunda OlivierNyuma y’uko APR FC yikuye mu irushanwa rya Turbo King Super Cup 2026, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda isimbuzwa na Mukura Victory Sports & Loisirs.
IGIHE