Madamu Jeannette Kagame yatanze intabaza ku bibazo by’uburwayi bwo mu mutwe byugarije Isi by’umwihariko urubyiruko, agaragaza ko mu gihe nta gikozwe, abantu bazakomeza kubura ubuzima mu buryo bw’amaherere.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > CHOGM2022
CHOGM2022
Articles
-
Madamu Jeannette Kagame yasabye umwihariko mu kwita ku bibazo by’ubuzima byugarije Isi
23 June 2022, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Yandika amagambo 100 buri munsi: Ibyihariye ku Munyafurika wegukanye igihembo cy’ubwanditsi muri Commonwealth
23 June 2022, by Ntabareshya Jean de DieuUmwanditsi w’Umunyafurika ukomoka muri Eswatini, Nstika Kota ni we watsindiye igihembo gitangwa buri mwaka na Commonwealth mu rwego rwo guteza imbere ubwanditsi muri uyu muryango.
-
U Rwanda rwiteguye gute imikino ya Commonwealth 2022 izatangira mu kwezi gutaha?
23 June 2022, by Cyprien NiyomwungeriU Rwanda kimwe n’ibindi bihugu bigize umuryango w’ibikoresha ururimi rw’Icyongereza ‘Commonwealth’, rukomeje kwitegura imikino izabera mu Mujyi wa Birmingham mu Bwongereza guhera mu kwezi gutaha.
-
Doğuş Group igiye gufungura ishuri ryigisha iby’amahoteli mu Rwanda
23 June 2022, by Ferdinand ManiraguhaUmuyobozi Mukuru w’Ikigo Doğuş Group cyo muri Turikiya, Ferit Sahenk, yatangaje ko mu minsi ya vuba bateganya gufungura ishuri ryigisha ibijyanye n’amahoteli ndetse no kongerera ubushobozi inzobere mu bwubatsi.
-
Perezida Museveni yashimye uko yakiriwe i Kigali
23 June 2022, by Iradukunda SergePerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yashimiye Abanyarwanda uko bamwakiriye ubwo yageraga i Kigali yitabiriye Inama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma zo mu Muryango wa Commonwealth , CHOGM, iri kubera mu Rwanda.
-
Madamu Jeannette Kagame yasabye ko ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa rihagarara
23 June 2022, by Rabbi Malo UmucunguziMadamu Jeannette Kagame yavuze ko umunsi wo kuvugira rimwe ko ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa rihagarara ari none, kuko bitabaye ibyo byaba ari ugukererwa kandi ni ko bikomeza kugira ingaruka.
-
Amasomo abiri akomeye Perezida Buhari yakuye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
24 June 2022, by IGIHEPerezida wa Nigeria Muhammadu Buhari yavuze ko kuwa Kane tariki 23 Kamena 2022 ubwo yasuraga Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, ibyo yahabonye yabikuyemo amasomo abiri igihugu cye gishobora kwigira ku Rwanda.
-
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yasuye Urwibutso rwa Gisozi ahatangira ubutumwa bukomeye
23 June 2022, by Israel IshimweMinisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, ahatangira ubutumwa bukomeye ko Isi ikwiye gukora ibishoboka byose ku buryo ikiremwamuntu kitazongera guhura n’akaga u Rwanda rwahuye nako.
-
Uko byari byifashe mu birori bya Rwanda Fashion Week byitabiriwe n’Igikomangoma Charles (Amafoto)
24 June 2022, by Nsengiyumva EmmyMu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Kamena 2022 muri BK Arena habereye ibirori byo kumurika imideri byiswe ‘Rwanda Fashion Week’ byitabiriwe n’abantu banyuranye barimo n’Igikomangoma Charles n’umugore we bamaze iminsi mu Rwanda.
-
Abitabiriye CHOGM banyuzwe n’umukino wa Cricket wabereye i Gahanga
24 June 2022, by Ntabareshya Jean de DieuMu gihe inama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma byo mu Muryango wa Commonwealth iri kubera mu Rwanda irimbanyije, abayitabiriye bateguriwe uburyo butandukanye bwo kwidagadura harimo n’imikino itandukanye.
IGIHE