Ibitaro bikuru bya Jhansi biherereye muri Leta ya Uttar Pradesh mu Buhinde, byibasiwe n’inkongi y’umuriro ikomeye yatwaye ubuzima bw’impinja 10.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Client_news
Client_news
Articles
-
Impinja 10 zishwe n’inkongi mu bitaro byo mu Buhinde
16 November 2024, by Jean de Dieu Tuyizere -
Uko abagore babaye ishyiga ry’inyuma muri serivisi za I&M Bank
13 March 2023, by Igizeneza Jean DésiréI&M Bank yiyemeje gukomeza gushyigikira iterambere ry’abagore n’abakobwa, ibinyujije muri gahunda zitandukanye mu rwego rwo gufasha igihugu mu iterambere.
-
Equity Bank Rwanda yijeje abahinzi ubufasha mu kwagura ibikorwa byabo
23 November 2024, by Twagirayezu PatrickEquity Bank Rwanda PLC ku bufatanye na USAID Kungahara yahuye n’abanyamuryango mu nama igamije gufasha abahinzi n’abacuruza ibicuruzwa by’ubuhinzi, kuganira no gushakira hamwe ibisubizo by’ibibazo bihari.
-
MUA Insurance Rwanda yasuye ibikorwa bya Gasore byagaruye ubuzima i Ntarama
2 July 2023, by Idukunda Kayihura Emma SabineAbayobozi n’abakozi b’Ikigo cy’Ubwishingizi cya Mauritus Union Assurance (MUA Insurance mu Rwanda), basuye ibikorwa by’Ikigo Gasore Serge Foundation bikomeje kugarurira imibereho abatuye mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera.
IGIHE