U Rwanda rwashyize imbaraga mu kugirana umubano mwiza n’ibihugu bitandukanye, guteza imbere ubukerarugendo ndetse n’ubuhahirane. Kugeza ubu, Umunyarwanda ufite pasiporo y’u Rwanda ashobora kujya mu bihugu 66 atabanje gusaba viza mbere y’urugendo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Home_main_article
IGIHE
Kuva muri Bahamas kugera Singapore: Ibihugu Umunyarwanda yasura nta viza