Nyuma kurangiza iminota 120 baguye miswi, Argentina ya Lionel Messi yasezereye u Buholandi kuri penaliti 4-2 ibona itike yo gukina ku nshuro ya gatanu umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi aho bagishaka ku nshuro ya gatatu.
Umukino wa nyuma: u Budage vs Argentina, tariki ya 13/7/2014 saa 21.00 @Estadio do Maracanã
Umwanya wa gatatu: Brazil vs u Buholandi, tariki ya 12/7/2014 saa 22.00 @Estádio Nacional Mané Garrincha
Nubwo yari yashoboye guhagarika Messi, myugariro w’u Buholandi Ron Vlaar (…)
Home > Keywords > Worldcup > Worldcup_homenews
Worldcup_homenews
Articles
-
Argentina izakina n’Abadage ku mukino wa nyuma
10 July 2014, by Mathias Hitimana -
Nyuma y’imyaka 24, Argentina igeze muri ½
5 July 2014, by Mathias HitimanaIgitego cya Gonzalo Higuaín yatsinze u Bubiligi ku munota wa 8 gitumye babona itike ya ½ cyirangiza mu gikombe cy’Isi baherukaga mu 1990, izahura kuri uyu wa Gatatu n’iyitsinda hagati y’u Buholandi na Costa Rica.
Argentina yakinaga umukino wa 50 n’ikipe y’i Burayi aho yatsinzemo imikino 21 igatsindwa 16, baherukaga gusezerera u Bubiligi mu 1986 babutsinze ibitego 2-0 bya Diego Maradona.
Higuaín yaherejwe umupira na Ángel di María, waje kuva mu kibuga avunitse, atera ishoti mu izamu rya (…) -
Rurageretse hagati ya Shakira na Pitbull nyuma yo gusohora indirimbo y’igikombe cy’Isi
27 May 2014, by Mathias HitimanaNyuma y’aho indirimbo ye “Waka Waka (This Time for Africa)” yaririmbiye igikombe cy’Isi 2010 ikunzwe cyane, Shakira yongeye gusohora iya 2014 yise ’La La La (Brazil 2014) isanze iyari yatoranyijwe ya Pitbull yise ’Ole Ola’, yemejwe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA).
Ole Ola ya Pitbull yagiye ahagaragara tariki ya 16 Gicurasi 2014 imaze kurebwa kuri Youtube n’abantu basaga miliyoni 38,070,217 mu gihe La La La ya Shakira yasohoye kuwa 22 Gicurasi 2014 yarebwe n’ abantu (…) -
U Butaliyani na Uruguay barakizwa na Mbuga, Cote d’Ivoire muri 1/8
24 June 2014, by Mathias HitimanaMu gihe Costa Rica na Colombia zamaze kubona itike ya 1/8, Uruguay iracakirana n’u Butaliyani naho Cote d’Ivoir ikine n’u Bugereki zishakamo izikomeza mu itsinda C na D.
Saa 18.00:
Uruguay vs u Butaliyani @ Arena das Dunas
Costa Rica vs u Bwongereza @ Estadio Mineirão
Costa Rica yabonye itike ya 1/8 nyuma yo gutsinda imikino ibiri ibanza irakira u Bwongereza bwamaze gusezererwa.
Umutoza w’u Bwongereza Roy Hodgson wahawe icyizere n’ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru (FA) (…) -
Argentina n’u Buholandi, ninde uzahura n’u Budage ku mukino wa nyuma?
9 July 2014, by Mathias HitimanaNtibiremezwa niba kapiteni w’u Buholandi, Robin Van Persie urwaye mu nda ashobora gukina n’Argentina muri ½ cy’igikombe cy’Isi nubwo iyi nayo iba idafite Ángel di María wavunitse ku mukino w’u Bubiligi.
U Buholandi vs Argentina saa 22.00 @ Arena de São Paulo
Kubera ikibazo yagize mu nda, Van Persie yakoze imyitozo yihariye wenyine kuri uyu wa Kabiri mu gihe Nigel De Jong wari wavunitse tariki ya 29 Kamena yatunguranye agaruka mu myitozo.
Umutoza w’u Buholandi, Luis Van Gaal avuga ko (…) -
Amakipe y’u Bufaransa, Argentine, Uruguay na Equateur yageze muri Brazil
10 June 2014, by Mathias HitimanaMu gihe hasigaye umunsi umwe ngo hatangire igikombe cy’Isi 2014, ikipe y’ u Bufaransa, Argentine, Uruguay na Equateur zageze kuri uyu wa Kabiri muri Brazil aho nibura amakipe 25 muri 32 amaze kuhagera yitegura gutangira kuri uyu wa Kane guhatana.
Abafaransa bari mu itsinda E bazakina umukino wa mbere ku Cyumweru na Honduras saa 21.00 bahise berekeza i Ribeirao Preto bakazajya bitoreza kuri Estadio Santa Cruz mu gihe Equateur bari kumwe mu itsinda yitaruye umujyi wa Rio Grande do Sul ku (…) -
Brazil vs Mexique: Imifanire itangaje mu gikombe cy’Isi (Amafoto)
17 June 2014, by Mathias HitimanaNi umukino w’ amakipe yatsinze imikino ibanza yo mu itsinda A, Brazil yatsinze Croatia naho Mexique itsinda Cameroun."
Ni amakipe aba mu mashyirahamwe atandukanye ariko adacana uwaka. Mexique ibarizwa muri CONCACAF muri Amerika ya ruguru naho Brazil iri muri CANMEBOL mu majyepfo.
Mu kinyejana cya 21, Mexique niyo kipe yatsinze Brazil cyane, inshuro 6 mu mikino 12 bakinnye aho banganyie ibiri. Nyamara ariko Mexique iheruka kuyitsindira mu rugo mu 1968 ibitego 2-1.
Mu 2013 mu mikino (…) -
Colombia izacakirana na Brazil muri 1/4, James Rodríguez rutahizamu w’irushanwa
29 June 2014, by Mathias HitimanaNyuma yo gutsinda Uruguay ibitego 2-0 bya James Rodríguez wabaye rutahizamu w’irushanwa n’ibitego 5, Colombia izakina na Brazil muri ¼ kuwa Gatanu tariki ya 4 Nyakanga 2014.
Aya makipe yombi yakinaga abura ba rutahizamu bagenderaho, Luis Suarez wa Uruguay wahagaritswe imikino 9 naho Radamel Falcao yavunitse mbere y’iyi mikino.
Ku munota wa 28, Rodríguez watowe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA) nk’umukinnyi mwiza w’amatsinda yatsinze igitego cya mbere ku mupira yatereye (…) -
Umutoza wa Ghana yirukanye abakinnyi 2 mbere yo gucakirana na Portugal
26 June 2014, by Mathias HitimanaNyuma yo guhabwa miliyoni 3$ y’agahimbazamusyi, umutoza wa Ghana Kwesi Appiah yirukanye mu mwiherero Kevin-Prince Boateng na Sulley Muntari ku mpamvu bivugwa ko ari imyitwarire mibi.
Amakuru aturuka muri uyu mwiherero ni uko Muntari yakubise umwe mu bayoboye itsinda rya Ghana muri Brazil, Moses Armah nyuma y’intonganya naho Boateng atuka umutoza Kwesi Appiah mu myitozo yo kuri uyu wa Gatatu.
Muntari yari yahagaritswe kubera amakarita abiri y’umuhondo mu gihe Boateng yashoboraga gukina (…) -
U Bubiligi buzacakirana na Argentina muri ¼
2 July 2014, by Mathias HitimanaNyuma y’akazi gakomeye kakozwe n’umunyezamu wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) Tim Howard, u Bubiligi bwamutsinze ibitego 2-1 mu gice cy’inyongera bukatisha itike ya ¼ , buzahura na Argentina.
Iminota isanzwe 90 y’umukino yarangiye banganya 0-0, bisaba ko bakina iminota 30 yinyongera.
Umutoza w’u Bubiligi Marc Wilmots yakuyemo Divock Origi ufite inkomoko muri Kenya hinjira Romelu Lukaku wo muri Repubulika Iharanira Demorasi ya Congo (DRC).
Ku munota wa 93, ku mupira yahawe na Lukaku, (…)
IGIHE