Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), Oda Gasinzigwa, kuri uyu wa 14 Kamena 2024 yatangaje ko bidasubirwaho, Paul Kagame w’Umuryango FPR-Inkotanyi, Dr. Frank Habineza wa Democratic Geen Party of Rwanda n’umukandida wigenga, Mpayimana Philippe, ari bo bazahatanira umwanya wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > Amatora_2024
Amatora_2024
Articles
-
Kagame, Habineza na Mpayimana bemerewe bidasubirwaho guhatana mu matora ya Perezida
14 June 2024, by Jean de Dieu Tuyizere -
Abanyarwanda basaga miliyoni icyenda batoye Perezida n’Abadepite (UKO BYAGENZE)
15 July 2024, by Ntabareshya Jean de Dieu, Theodomire Munyengabe, Byiringiro Osée Elvis, Claude Bazatsinda , Eric Tony Ukurikiyimfura, Evence Ngirabatware, Ferdinand Maniraguha, Hakizimana Jean Paul, Mugisha Christian, Nsanzimana Erneste, Nshimiyimana Jean BaptisteTariki ya 15 Nyakanga 2024 ni umunsi wihariye ku Banyarwanda basaga miliyoni icyenda aho bitabiriye amatora yo kwihitiramo Umukuru w’Igihugu n’Abadepite 53 baturuka mu mitwe ya politiki n’abakandida biyamamaza ku giti cyabo.
-
Paul Kagame, Frank Habineza na Mpayimana Philippe bemerewe guhatanira kuyobora u Rwanda
6 June 2024, by Ntabareshya Jean de Dieu, Ferdinand ManiraguhaKomisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje urutonde rw’agateganyo rw’abemerewe kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Perezida wa Repubulika, aho abujuje ibisabwa ari Paul Kagame w’Umuryango FPR Inkotanyi, Philippe Mpayimana wigenga na Frank Habineza w’Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda.
-
Indorerezi 267 zimaze kwemererwa kuzakurikira amatora y’Umukuru w’Igihugu n’Abadepite
20 June 2024, by Ntabareshya Jean de DieuKomisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje ko imaze kwakira indorerezi z’Amatora 267 ndetse ikaba ikiri kwakira izindi zigaragaza ubwo bushake.
-
Ibigwi by’abakandida batatu bemerewe kwiyamamariza kuyobora u Rwanda
7 June 2024, by Ntabareshya Jean de Dieu, Ferdinand ManiraguhaKomisiyo y’amatora (NEC) yatangaje urutonde rw’agateganyo rw’abemerewe kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu, mu matora azaba tariki 14 na 15 Nyakanga 2024.
-
Hatangajwe by’agateganyo abakandida 458 bashaka kwiyamamariza imyanya 80 mu Nteko y’u Rwanda
6 June 2024, by Ntabareshya Jean de DieuKomisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje ko mu bashaka kuba abakandida ku mwanya w’abadepite mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024 abagera kuri 458 ari bo bujuje ibisabwa mu buryo bw’agateganyo.
-
Polisi yasabye Abanyarwanda kurangwa n’ituze mu bikorwa byo kwiyamamaza
22 June 2024, by Ntabareshya Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yasabye abaturarwanda bose kuzarangwa n’ituze mu bikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida bazahatana ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu n’uw’Abadepite.
-
USA: Site z’itora zarongerewe mu korohereza Abanyarwanda kuzatora neza
12 June 2024, by IGIHEAbanyarwanda batuye muri Leta Zunze ubumwe za Amerika batangaje ko biteguye neza amatora y’Umukuru w’Igihugu n’abadepite ateganyijwe tariki 14 Nyakanga ku Banyarwanda baba mu mahanga.
-
Kubabera umuyobozi biroroha- Perezida Kagame ku Banyarwanda
22 June 2024, by Jean de Dieu TuyizereUmukandida wa FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko kubayobora byoroha bitewe n’uko bamufasha kuzuza inshingano neza nka Perezida wa Repubulika y’u Rwanda.
-
Abanyamakuru batandatu mu bemerewe guhatanira kwinjira mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda
15 June 2024, by Ntabareshya Jean de DieuAbanyamakuru cyangwa abarinyuzemo batandatu bagaragaye ku rutonde ntakuka rw’abakandida 589 bemerewe kwiyamamariza kwinjira mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
IGIHE