Bigoranye cyane, Cape Town Tigers yo muri Afurika y’Epfo yasezereye FUS Rabat yo muri Maroc yahabwaga amahirwe, iyitsinze amanota 91-88, igera muri 1/2 cy’Imikino ya nyuma ya BAL 2024 iri kubera muri BK Arena.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > BAL_2024
BAL_2024
Articles
-
BAL: Cape Town Tigers yatunguye FUS Rabat yahabwaga amahirwe
26 May 2024, by Byiringiro Osée Elvis -
Clare Akamanzi yatatuye ubufatanye bw’u Rwanda na BAL, intego ze nk’umuyobozi wa NBA Africa n’ibindi
28 May 2024, by Eric Tony UkurikiyimfuraUmuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yavuze ko Basketball ari ikintu ibihugu bya Afurika bikwiye kwitaho kuko ishobora kugira uruhare mu iterambere ryabyo, yemeza ko u Rwanda rwatangiye kungukira mu bufatanye rwagiranye n’Irushanwa rya Basketball Africa League.
-
BAL 2024: Rivers Hoopers yageze muri ½ ku nshuro ya mbere mu mateka
27 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisRivers Hoopers yo muri [1]geria yageze muri 1/2 mu mikino ya Basketball Africa League, nyuma yo gutsinda US Monastir yo muri Tunisia amanota 92-88.
-
BAL 2024: Petro de Luanda yigaranzuye AS Douanes, igera muri ½
27 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisBigoranye cyane, Petro de Luanda yigaranzuye AS Douanes, iyitsinda amanota 66-65 igera muri ½ cy’imikino ya BAL ikomeje kubera muri BK Arena.
-
MTN Rwanda yinjiye mu mikoranire na BAL
29 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisSosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yinjiye mu mikoranire na Basketball Africa League aho abafana b’iri rushanwa bazajya barikurikira binyuze kuri application yayo ya Ayoba bakanatsindira ibihembo bitandukanye.
-
BAL 2024: Al Ahly yo muri Libya yageze ku mukino wa nyuma
29 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisKu nshuro ya mbere yitabiriye BAL, Al Ahly yo muri Libya yageze ku mukino wa nyuma, itsinze Rivers Hoopers yo muri Nigeria amanota 89-83 mukino wa mbere wa ½ wabaye ku wa Gatatu, tariki 29 Gicurasi 2024 muri BK Arena.
-
BAL 2024: Petro de Luanda yasanze Al Ahly ku mukino wa nyuma
29 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisPetro de Luanda yo muri Angola yatsinze Cape Town Tigers yo muri Afurika y’Epfo amanota 96-86, isanga Al Ahly yo muri Libya ku mukino wa nyuma wa BAL 2024.
-
Petro de Luanda yifuza guhozwa amarira, Al Ahly ikabye inzozi: Ibyitezwe ku mukino wa nyuma wa BAL 2024
31 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisAmakipe abiri y’amateka atandukanye agiye guhurira ku mukino wa nyuma wa Basketball Africa League 2024 ariyo Petro de Luanda yo muri Angola na Al Ahly yo muri Libya.
-
BAL 2024: Perezida Kagame yarebye umukino Rivers Hoopers yegukanyemo umwanya wa gatatu
31 May 2024, by Byiringiro Osée ElvisRivers Hoopers yo muri Nigeria yatsinze Cape Town Tigers amanota 90-57, yegukana umwanya wa gatatu muri BAL 2024, mu mukino warebwe na Perezida Paul Kagame.
-
Imbere ya Perezida Kagame, Petro de Luanda yegukanye BAL 2024 (Amafoto)
1 June 2024, by Byiringiro Osée ElvisPetro de Luanda yo muri Angola yegukanye BAL 2024 itsinze Al Ahly Benghazi amanota 107-94, mu mukino warebwe na Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame.
[1] Ni
IGIHE