U Rwanda rwakuriyeho abantu bo mu bihugu 15 bizitabira imikino ya CHAN amafaranga yo kubona Visa. Ni imikino iteganyijwe kuzatangira tariki ya 16 Mutarama 2016 kugera kuya 07 Gashyantare 2016.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > chan2016
chan2016
chan2016
Articles
-
Hakuweho amafaranga ya Visa ku bantu bo mu bihugu bizitabira CHAN
9 January 2016, by Philbert Girinema -
CHAN 2016: Amasura mashya mu ikipe y’igihugu izakina na Maroc
8 November 2014, by Mathias HitimanaMu rwego rwo gutegura igikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu gihugu, CHAN mu 2016, umutoza Stephen Constantine yahamagaye ikipe irimo amazina mashya y’abakinnyi bazakina na Maroc, umukino wa gicuti, tariki ya 14 Ugushyingo 2014.
Aba bakinnyi baratangira umwiherero kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Ugushyingo 2014, bazerekeze muri Maroc kuwa Gatatu. Uyu mukino uzakinirwa kuri Complexe Sportif de FES i Marrakech saa 19.00.
Niyo kipe ya mbere, umutoza Constantine ahamagaye nyuma y’aho u (…) -
CHAN 2016: Abakinnyi ibihugu biri mu itsinda rimwe n’u Rwanda bizifashisha
7 January 2016, by Philbert GirinemaMu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki kugira ngo irushanwa ry’igikombe cya Afurika gikinwa n’abakina imbere mu bihugu rigatangire mu Rwanda, abatoza b’amakipe y’ibihugu bizitabira iri rushanwa bakomeje gutangaza abakinnyi bazifashisha muri iyi mikino.
-
Minisitiri Mushikiwabo yahaye ikaze abakinnyi n’abafana bo mu bihugu bizitabira CHAN
10 January 2016, by Kanamugire EmmanuelMu gihe habura iminsi itandatu kugira ngo u Rwanda rwakire irushanwa ry’umupira w’amaguru rihuza abakinnyi b’umupira w’amaguru bakina mu bihugu byabo muri Afurika, (CHAN), abinyujije mu ndimi zirindwi kuri twitter ye, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Louise Mushikiwabo, yahaye ikaze abakinnyi ndetse n’abafana bazitabira iri rushanwa.
-
Ikibazo cy’ibibuga bizakira CHAN ntikirasobanuka
9 October 2015, by Yvonne MpinganzimaMu gihe hasigaye amezi abiri ngo u Rwanda rwakire imikino y’igikombe cy’Afurika cy’abakinnyi bakina mu bihugu byabo imbere (CHAN), bikomeje kugaragara ko iby’ibibuga bizakinirwaho byo bitarasobanuka.
-
CAF: U Rwanda n’ibindi bihugu bizakira CHAN bigiye gufatirwa ingamba
25 January 2014Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryemeje ko igihugu kizaba cyakiriye imikino y’igikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu gihugu (CHAN) amarushanwa y’umupira w’amaguru akinirwamo azajya ahagarikwa. U Rwanda ruzakira CHAN 2016.
Ibi byemejwe n’umunyamabanga wa CAF,Hicham El Amrani, nyuma y’aho amwe mu makipe yo muri Afurika y’Epfo yanze gutanga abakinnyi mu ikipe y’igihugu yakinaga CHAN, Hicham avuga ko ari byo byatumye iyi kipe isezererwa rugikubita.
Afurika y’Epfo (…) -
CHAN: Amavubi ayoboye itsinda rya mbere
17 January 2016, by Philbert GirinemaNyuma y’umukino Amavubi yatsinzemo ikipe ya Côte d’Ivoire, hakurikiyeho umukino wahuje Gabon na Maroc urangira amakipe yose aguye miswi ubusa ku busa, bituma Amavubi abona ayobora itsinda A aya makipe ane arimo.
-
Impuguke zagaragaje umusanzu w’imikino ya CHAN mu bukungu bw’u Rwanda
13 January 2016, by Philbert GirinemaImpuguke akaba n’umusesenguzi mu bukungu, asanga imikino ya CHAN ari umusemburo ntagereranywa w’ubukungu bw’u Rwanda n’umwanya wo kugaragaza isura y’igihugu ku Isi yose.
-
Visi Perezida wa CAF yasezeranyijwe ko stade za CHAN zizaboneka muri Kanama
9 June 2015, by Thierry KayishemaNyuma yo gusura amastade n’ibibuga by’imyitozo bizifashishwa mu gikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu gihugu “CHAN” kizabera mu Rwanda muri Mutarama 2016, Visi Perezida wa CAF yasezeranyijwe ko imirimo yo kubaka izaba isojwe muri Kanama 2015.
-
Perezida Kagame yijeje abazareba CHAN kuzabona irushanwa ryiza
16 November 2015, by Philbert GirinemaPerezida Paul Kagame yijeje ko u Rwanda rwiteguye neza imikino Nyafurika y’amakipe y’ ibihugu agizwe n’ abakina muri shampiyona z’imbere mu bihugu, azabera mu Rwanda mu 2016, CHAN.
IGIHE