Stade yakira abantu ibihumbi basaga 40 izubakwa i Gahanga mu karere ka Kicukiro ntizakinirwaho imikino y’igikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu gihugu (CHAN) kizabera mu Rwanda mu 2016.
Mu Ukwakira 2013, Mustafa Cem Ozdemir, umwe mu bayobozi ba sosiyete yo muri Turukiya izubaka iyi stade, BABILAKS construction limited, yari yavuze ko mu mezi 24 iyi stade izaba yamaze kubakwa, imirimo yagombaga kurangira mu Ugushyingo 2015 bityo igakinirwaho CHAN.
Aganira na IGIHE, Bugingo Emmanuel, (…)
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > chan2016
chan2016
chan2016
Articles
-
Stade y’i Gahanga ntizakinirwaho CHAN 2016
6 June 2014, by Mathias Hitimana -
CHAN: Zambia iyoboye itsinda D, Uganda yatangiye inganya
20 January 2016, by Bayingana BonfilsChipolopolo Stars ya Zambia yatangiye CHAN ikura amanota atatu kuri mukeba Zimbabwe ku gitego kimwe ku busa, naho Uganda itozwa Micho inanirwa gukura amanota atatu kuri Mali zinganya ibitego bibiri kuri bibiri mu mukino wa mbere mu itsinda D.
-
CHAN: Munyemana arasifura umukino wa Tanzania na Uganda
19 June 2015, by Thierry KayishemaUmusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwanda Munyemana Hudu na bagenzi be batatu barayobora umukino wo gushaka itike ya CHAN 2016 izabera mu Rwanda uzahuza Tanzania na Uganda kuri uyu wa Gatandatu kuri Amaan stadium muri Zanzibar.
-
Abayobozi bakuru b’igihugu bakomeje gushyigikira Amavubi muri Chan-Amafoto
21 January 2016, by Philbert GirinemaIkipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Stars, niyo yabimburiye izindi kwinjira mu mikino ya ¼ cy’irangiza mu irushanwa Nyafurika rikinwa n’abakinnyi bakina muri shampiyona z’imbere mu bihugu byabo (CHAN).
-
CHAN: Mali yasezereye Côte d’Ivoire isanga DR Congo ku mukino wa nyuma
4 February 2016, by Bayingana BonfilsUmukino wa kabiri muri ½ cy’igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo wahuje Côte d’Ivoire na Mali kuri stade ya Kigali i Nyamirambo, wagombaga kwerekana ikipe ikomeza igasanga DR Congo ku mukino wa nyuma warangiye Mali itahabwaga amahirwe igeze ku mukino wa nyuma.
-
CHAN: Ibitego 9 byabonetse mu mikino ibanza mu itsinda C
19 January 2016, by Bayingana BonfilsItsinda C rikinira kuri Stade ya Kigali, niryo ryabimburiye ayandi kubonekamo umubare munini w’ibitego, aho mu mikino ibiri gusa hinjiye ibitego icyenda, rutahizamu wa Nigeria, Chisom Chikatara, akaba ariwe uyoboye abandi n’ibitego bitatu yatsinze asimbuye.
-
Ibintu bitatu CHAN izasigira u Rwanda -MINISPOC
12 January 2016, by Bayingana BonfilsMu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo u Rwanda rwakire imikino ya CHAN, hirya no hino mu gihugu, by’umwihariko mu Turere tuzakinirwamo iyo mikino haragara impinduka ku mitangire ya serivisi, isuku ndetse no kuvugurura ibikorwa remezo cyane cyane ibibuga bizakinirwaho.
-
Huye: Abikorera biyemeje ko amakosa yagaragaye muri FEASSA atazasubira muri CHAN
21 October 2015, by Kanamugire EmmanuelMu gihe imikino ya CHAN u Rwanda ruzakira isigaje amezi abiri, abikorera bo mu karere ka Huye barasabwa kuvugurura serivisi birinda ko bazongera kugaragaraho amakosa nk’ayabaye ubwo bakiraga imikino ya FEASSA.
-
CHAN :Imyiteguro ya nyuma kuri Stade Amahoro irarimbanije
15 January 2016, by Kanamugire EmmanuelMu gihe hasigaye amasaha macye ngo Irushanwa ry’Igikombe cya Afurika cy’Abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN) ritangire mu Rwanda, imyiteguro yo kwakira abashyitsi bavuye hirya no hino muri Afurika n’ahandi irarimbanyije cyane cyane kuri Stade Amahoro i Remera ,ari nayo izakira umukino ufungura irushanwa.
-
U Rwanda rwagaragaje aho imyiteguro yo kwakira CHAN igeze
27 October 2015, by Yvonne MpinganzimaU Rwanda rwagaragaje raporo yerekana aho imyiteguro yo kwakira CHAN igeze, ishimwa na Komite y’ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF).
IGIHE