Urubyiruko rw’u Rwanda rugera kuri 47 rwavuye mu mahugurwa y’ubuhinzi muri Israel, rufite inzozi zo gufasha igihugu guteza imbere ubuhinzi binyuze mu gutubura ibiti by’imbuto ziribwa.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > dusangirijambo_videos
dusangirijambo_videos
Articles
-
Urubyiruko rwavuye muri Israel rurajwe ishinga n’iterambere ry’ubuhinzi bw’u Rwanda binyuze mu gutubura imbuto
26 June 2019, by Ferdinand Maniraguha -
Munezero, umusore ufite agashya ko gukora imyenda n’imirimbo mu bintu byashaje
22 August 2019, by Baryaherezahe LéonceHirya no hino ku isi, usanga urubyiruko ruvuga ko hari ikibazo cyo kubura akazi mu gihe nko mu Rwanda rukangurirwa kenshi kwihangira imirimo kugira ngo rurusheho kubaho neza.
-
Murenzi wahanze iziko n’ifuru bikoresha gaz, afite inzozi zo kubaka uruganda
26 April 2018, by Israel IshimweMurenzi Nurudine wahanze iziko rya kijyambere rikoresha gaz, rifite n’ifuru yifashishwa mu kotsa ibintu binyuranye nk’imigati, inkoko n’ibindi, ahamya ko amaze kugera ku mushinga ugomba kuruhura abakoreshaga ikiguzi gihanitse bategura amafunguro.
-
Umuhate w’abakobwa b’i Kayonza bafite inzozi zo gufasha igihugu kwihaza ku mafi
24 June 2019, by Ferdinand ManiraguhaMu 2015, hari abakobwa bo mu murenge wa Murundi mu karere ka Kayonza bari barangije amashuri yisumbuye, bagarutse mu buzima busanzwe gushyira mu bikorwa ibyo bize.
-
Tuyambaze na bagenzi be basoje kaminuza bajya guteza imbere “Made in Rwanda’’ bahereye ku ivuko
15 August 2019, by Israel IshimweAmazi arashyuha ntiyibagirwa iwabo wa mbeho! Ni imvugo y’Abanyarwanda igaragaza ko umwana akura cyangwa akajya mu bindi ariko igihe kigera akibuka ku ivuko rye.
-
Uko Karekezi Martine yabaye umwanditsi w’ibitabo abitewe no kubura inkuru akoresha yigisha abana
17 June 2019, by Ferdinand ManiraguhaNta gihe cyashira utumvise abavuga ko Abanyarwanda badafite umuco wo gusoma, ko aho gusoma ibitabo bamwe bihitiramo gusoma amacupa mu tubari.
-
Rwamagana: Urubyiruko rwatangiye gukora imashini zibika imboga n’izumisha imyaka
8 July 2019, by Ferdinand ManiraguhaHashize iminsi Kabagambe Juvénal atangiye gukora imashini zumisha imyaka ndetse n’izibika imboga, yifashishije ubumenyi yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami ry’Ubuhinzi n’Ubworozi.
-
Gasore wakijijwe ibikomere bya Jenoside na siporo yitangiye abatuye aho yababarijwe
16 April 2018, by Manzi Rema JulesNyuma y’imyaka 24 Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, abari ibibondo bayirokotse ubu bahagaze bwuma, bamwe bubatse ingo, abandi bigarurira icyizere cyo kubaho, aho batanga umusanzu mu kunga umuryango Nyarwanda washegeshwe n’urwango rwabibwe n’ubutegetsi bubi.
-
Niyonkuru afite inyota yo guhangana na caguwa yifashishije ubwoya bw’intama
19 August 2019, by Ferdinand ManiraguhaIbihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) byafashe icyemezo cyo guca intege imyenda n’inkweto za caguwa bituruka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada, u Bwongereza n’ahandi, aho nko mu Rwanda kuva ku wa 1 Nyakanga 2016, ibyinjizwa mu gihugu byongererewe umusoro ukubye inshuro 25 ugereranyije n’uwari usanzwe.
-
Mukandayisenga, umukobwa wacuruje ibisheke akaba ageze ku ruganda ruto rubibyazamo vino n’imitobe
3 June 2019, by Ferdinand ManiraguhaImyaka ibiri irashize Mukandayisenga Clementine asubitse ibyo gushaka akazi nyuma yo kurangiza icyiciro cya kabiri cya Kaminuza, akayoboka inzira yo kubyaza umusaruro ibisheke.
Uyu mukobwa wize ibijyanye n’ibaruramari, igisheke cyabaye inshuti ye kuva mu bwana ku mihanda ya Nyakabanda mu karere ka Nyarugenge, aho yajyaga abirangura ari ingeri akajya kubicuruza.
Mu gihe yabaga abicuruza ari ingeri, ntiyari azi ko umunsi umwe azagera aho akavumburamo ko hejuru y’umutobe wabyo uryoshye, (…)
IGIHE