Ubwo Mahmoud (amazina yarahinduwe) yafataga inzira akerekeza mu Burayi, yari yizeye kuzagira ubuzima bwiza buruta ubwo yari abayemo iwabo muri Afghanistan. Kuva i Kabul kugera mu Bugereki, urugendo rw’uyu musore w’imyaka 23 (ubwo yarukoraga) rwari inzitane, ariko kimwe n’ibindi bihumbi by’abimukira, yari afite inzozi zo kuzagira igihugu kimwe aturamo iyo mu Burayi kikamuhindurira ubuzima, amahitamo ye akaba u Bwongereza.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Goverment
Goverment
Articles
-
Inyungu u Rwanda ruzakura ku bimukira bavuye mu Bwongereza
26 May 2022, by Ndahayo Emmanuel -
U Rwanda rwohereje mu mahanga icyayi cy’arenga miliyari 1Frw mu minsi irindwi
30 May 2022, by IGIHEIkigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko mu cyumweru gishize u Rwanda rwohereje mu mahanga icyayi gifite agaciro k’amadolari ya Amerika 1.352.098 [ni ukuvuga miliyari imwe na miliyoni zirenga 352 Frw].
-
Ni iki u Rwanda rumaze kungukira mu kigo gifata amakarita n’ibipimo by’umutungo kamere?
30 May 2022, by Cyprien NiyomwungeriHashize imyaka 12 u Rwanda rubaye umunyamuryango w’ikigo gishinzwe gufata amakarita n’ibipimo bijyanye n’umutungo kamere (RCMRD), cyashyizweho ngo gihe ingufu ibigo byo mu bihugu 20 bigihuriyemo.
-
Umwuka wo kurwana nta wuhari: U Rwanda rwahumurije abaturage ku mubano na RDC
29 May 2022, by Rabbi Malo UmucunguziGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nta mwuka w’intambara uri hagati yarwo na Repubulika Iharanira Demokarasi Iharanira Congo, ndetse ko n’iyo ubushotoranyi bwakomeza, ruzakoresha uburyo bwatuma hataba imirwano.
-
Amashimwe y’abivuriza ku bitaro bya Gatunda bahawe na Perezida Kagame mu 2017
31 May 2022, by Hakizimana Jean PaulAkanyamuneza ni kose ku baturage bo mu mirenge itandatu yo mu Karere ka Nyagatare bakoraga urugendo rurerure bajya kwivuriza ku bitaro bya Nyagatare biri kure cyane, aho byanaviragamo bamwe kurembera mu rugo.
-
Ntabwo tuzakomeza kwicara- U Rwanda rwateguje Congo nidahagarika ubushotoranyi
31 May 2022, by Rabbi Malo UmucunguziMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yavuze ko mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeza ubushotoranyi irasa ku butaka bw’u Rwanda ndetse ikanga kurekura abasirikare barwo, byaba ngombwa ko na rwo rwirwanaho kugira ngo rurinde abaturage barwo.
-
Ubumwe bw’Abanyarwanda si ikinyoma-Minisitiri Dr Bizimana
31 May 2022, by Akayezu Jean de DieuMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascéne yavuze ko mbere y’umwaduko w’Abakoloni Abanyarwanda bahoze bunze ubumwe bukaza gusenywa, hakimakazwa amacakubiri n’urwango byagejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
U Rwanda rwatanze impuruza ku myitwarire mishya ya MONUSCO
31 May 2022, by Rabbi Malo UmucunguziGuverinoma y’u Rwanda yagiranye ibiganiro n’abahagarariye ibihugu byabo mu gihugu, ibagezaho ibibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo birimo imyitwarire y’ingabo zoherejweyo kubungabunga amahoro, MONUSCO.
-
U Rwanda rwasabye abaturage bajya muri RDC kwitwararika
31 May 2022, by Rabbi Malo UmucunguziGuverinoma y’u Rwanda yasabye abaturage bayo bajya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kwitwararika, nyuma y’amagambo n’ibikorwa by’urwango bikomeje kuvugwa muri iki gihugu cyo mu Burengerazuba bwarwo.
-
Abimukira ba mbere bo mu Bwongereza bazagezwa mu Rwanda muri Kamena
31 May 2022, by Rabbi Malo UmucunguziLeta y’u Rwanda yatangaje ko muri Kamena izakira impunzi n’abimukira ba mbere baturutse mu Bwongereza binyuze mu masezerano yasinyanye n’iki gihugu.
IGIHE