Petero yari umupolisi wakundaga akazi ke kandi akaba umwizerwa cyane, kuko icyaha n’amanyanga ntibyamurangwagaho.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > irushanwa_article
irushanwa_article
Articles
-
Igitekerezo cy’Ubutwari
7 February 2017, by IGIHE -
Inkuru mpamo: Ubutwari bwa Nyemazi Rugano Ryan ufite imyaka cumi n’ibiri
7 February 2017, by IGIHEIyi nkuru ni umwimerere wa Antoine de Padoue Sissibo, umuhanzi akaba na rwiyemezamirimo uharanira guteza imbere abana bose bifitemo ubushobozi budasanzwe.
-
Amateka yihariye y’intwari Uwilingiyimana Agathe, Minisitiri w’Intebe w’umugore igihugu cyagize
25 January 2017, by IGIHEMu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza ku nshuro ya 23, umunsi w’intwari zitangiye igihugu zigahara ubuzima bwazo zishaka gukuraho akarengane kakorerwaga imbaga nyamwinshi, Uwilingiyimana Agathe ni umwe mu baharaniye ko Umunyarwanda by’umwihariko umugore ahabwa agaciro muri sosiyete binyuze mu kurwanya akarengane karimo n’iringaniza mu mashuri.
-
Ubutwari bw’Abanyarwanda
7 February 2017, by IGIHEKuva kera mu mateka y’u Rwanda, Abanyarwanda bagiraga umuco w’ubutwari bagatabarana. Intwari ni umuntu wese wakoze igikorwa cyiza kigamije kubungabunga ubusugire bw’igihugu, umutekano n’inyungu za rubanda kandi akabikora atikorera byaba ngomwa akahasiga ubuzima.
-
Igitaramo cyo gusingiza Intwari z’u Rwanda mu mafoto
1 February 2017, by Dusabimana AimableUrubyiruko ruturuka mu bice bitandukanye bya Kigali rwitabiriye igitaramo cyo kuzirikana no gusingiza Intwari z’u Rwanda n’ibikorwa by’indashyikirwa byaziranze.
-
Ubutwari bw’Ingabo z’ u Rwanda
7 February 2017, by IGIHEAbanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda batuye mu Rwanda cyangwa mu bindi bihugu duturanye nka Uganda, Burundi na RDC-Congo ndetse na kure cyane nko muri Amerika, u Burayi na Aziya bose bazi ko Umunsi w’Intwari wizihizwa ku itariki ya mbere Gashyantare buri mwaka. Kuri iyi tariki 01/02/2017 byaba byiza twese dusubije amaso inyuma, tuzirikana no muri iki gihe n’ejo hazaza, ubutwari bw’Ingabo z’u Rwanda.
-
Ubutwari bwa bamwe mu Banyarwanda mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi, muri Jenoside na nyuma yayo
7 February 2017, by IGIHEUbutwari ni ubwitange budasobanya bugamije ubusugire bw’igihugu, umutekano n’inyungu rusange z’abantu hatarebwa inyungu bwite, burangwa n’ishyaka, kudatinya aho rukomeye, kwemera kwitangira abandi kabone naho ubuzima bwahatakarira, uwagaragaje ibi bikorwa by’ubutwari yitwa intwari atakiriho, ukiriho bavuga ko akora ibikorwa by’ubutwari.
-
Uburyo narokowe n’Imana ubwo mama yemeraga kuba intwari ngo umwe mubo bari bihishe hamwe arokoke
7 February 2017, by IGIHEAmazina yanjye nitwa Ntawuzumunsi Dominique, navutse ku itariki 3/04/1994, mvukira ahitwaga Komini ya Rutonde, ubu ni mu Karere ka Rwamagana, Umurenge wa Munyaga. Nkiri muto nakundaga kumva mama avuga ko hari umuntu natabariye ubuzima ariko sinsobanukirwe kuko nari nkiri muto simbyiteho.
-
Ibirori byo kwizihiza Umunsi w’Intwari ku nshuro ya 23 biteguye mu buryo bwihariye
18 January 2017, by Israel IshimweTariki ya 1 Gashyantare buri mwaka u Rwanda rwizihiza Umunsi w’Intwari, hibukwa ibikorwa by’indashyikirwa byaranze abantu batandukanye kugeza n’ubwo bamwe bahara ubuzima bwabo bakitangira igihugu n’abagituye.
-
Mama Milgitha, ntuzibagirana mu mateka y’u Rwanda
7 February 2017, by IGIHEMu 1994, ni umwaka w’icuraburindi mu mateka y’u Rwanda kuko ari bwo habaye Jenoside yakorewe Abatutsi abasaga miliyoni bakicwa. Hari abantu bagaragaje ubutwari bukomeye ubwo bashyiraga ubuzima bwabo mu kaga bagatabara abahigwaga nubwo bitari ibintu byoroshye.
IGIHE