Umunyapolitiki w’Umufaransa, Benoît Hamon, wahataniraga kuba Perezida wa Repubulika mu matora aherutse, yasabye igihugu cye kureka gukomeza guhisha amabanga gifite kuri Jenoside yakorewe Abatutsi niba cyifuza guha agaciro inzirakarengane zayiciwemo.
Home > Keywords > Kwibuka_Events > Kwibuka_Amakuru
Kwibuka_Amakuru
Articles
-
Uwahataniraga kuyobora u Bufaransa yokeje igitutu igihugu cye ku mabanga ya Jenoside kibitse
7 April 2018, by IGIHE -
Corneille ahamya ko nyuma y’imyaka 20 Jenoside ibaye, Abanyarwanda biyubatse
6 April 2014Nubwo ari kure y’igihugu cye, u Rwanda, Corneille Nyungura, umuhanzi umaze kuba icyamamare ku Isi yagaragaje ko yifatanyije n’Abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Uyu muhanzi umaze iminsi mu gihugu cy’u Bufaransa ahakorera ibitaramo bitandukanye byo kwamamaza alubumu ye ya gatandatu yise Entre Nord et Sud, abinyujije ku rubuga rwa Twitter yashimangiye ko nyuma y’imyaka 20 mu Rwanda habaye Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse igashegesha igihugu, (…) -
Prof Dusingizemungu yagaragaje impungenge atewe n’abarimu bakwigisha nabi amateka ya Jenoside
11 April 2018, by Prudence KwizeraPerezida wa Ibuka, Prof Dusingizemungu Jean Pierre, atewe impungenge n’abarimu bashobora kwigisha nabi amateka y’u Rwanda by’umwihariko aya Jenoside yakorewe Abatutsi bayanyura hejuru cyangwa bakayagoreka.
-
Kiliziya Gatolika yakuyeho misa ya kabiri ya mu gitondo kubera ibikorwa byo #Kwibuka25
2 April 2019, by Cyprien NiyomwungeriKiliziya Gatolika mu Rwanda, yasabye paruwasi zose ko mbere ya saa sita hazasomwa misa imwe kandi nayo igasomwa hakiri kare, kugira ngo abakristu bayo babashe kwitabira ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Mizero ufite ababyeyi bafungiye Jenoside yashinze umuryango ufasha n’abayirokotse
9 April 2018, by Emma-Marie UmurerwaMizero Irené ufite ababyeyi bombi bafungiye icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, yashinze umuryango ufasha urubyiruko rurimo n’abayirokotse nyuma yo gukira ibikomere yatewe n’ibyo ababyeyi be bakoze.
-
Aba Sheikh b’Abanyatanzaniya bababajwe n’uko abanyamadini bijanditse muri Jenoside
23 April 2014, by Mathias HitimanaItsinda ry’abayobozi muri Islam yo muri Tanzaniya basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ku Gisozi, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Mata 2014, bavuga ko bababajwe bikomeye no kubona abanyamadini basanzwe bafatwa nk’abakozi b’Imana barishoye mu bikorwa by’ubwicanyi.
Aba Sheikh basobanuriwe amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi, bamenya ko itangazamakuru n’amadini byayigizemo uruhare.
Sheikh Nudhin Kishki yavuze ko yatunguwe kandi akanababazwa no kumva abanyamadini bagenzi be (…) -
Kiliziya ya Shangi yiciwemo Abatutsi yabereyemo umuhango wo kubibuka
1 May 2014, by Mathias HitimanaUmuhango wo kwibuka ku nshuro ya 20 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Shangi, wabereye muri Kiliziya ya Paruwasi Gaturika ya Shangi yiciwemo Abatutsi mu 1994, hazirikanwa ko haguye benshi hakarokokera bake mu bahahungiye.
Igikorwa cyabanjirijwe n’urugendo rwo kwibuka no gushyira indabo ahahoze icyobo kinini bitaga Croix Rouge, kuko bajyaga kukirohamo abantu bakiri bazima bavuga ko babajyanye kubatabara.
Indi mihango yose yabereye mu Kiliziya uhereye ku gitambo cya (…) -
Turikiya: Abasaga 600 bahuriye mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
8 April 2019, by IGIHEAbanyarwanda n’inshuti zabo barenga 680 baba muri Turikiya, bifatanyije mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Nyamasheke: "Urumuri ni ikimenyetso cy’agaciro Abanyarwanda batakaje muri jenoside"
11 February 2014Mu muhango wo kwakira urumuri rutazima mu Karere ka Nyamasheke mu mpera z’icyumweru gishize, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye Dr Harebamungu Mathias yabwiye abaturage bo muri aka karere ko uru rumuri ari ikimenyetso cy’agaciro Abanyarwanda batakaje mu gihe cya jenoside.
Muri uyu muhango abaturage bakaba bagaragaje ko urumuri rubasubiza icyizere cy’uko u Rwanda rwabonye umucyo kandi ko rutazongera kugwa mu icuraburindi ry’amacakubiri n’ivanguramoko, kuko ibi ari (…) -
Jenoside yari umusozo ariko ntiyari intangiriro y’ubwicanyi bwakorewe Abatutsi-Dr Bizimana
7 April 2019, by Israel IshimweUmunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside, Dr Bizimana Jean Damascène, yavuze ko Jenoside yateguwe bizwi kuva ku bwicanyi bwakorewe Abatutsi mu 1959 kugera mu 1994 ubwo abasaga miliyoni bicwaga mu mezi atatu.
IGIHE