Ikigo cy’Ubwishingizi cya SONARWA General Insurance Company Ltd, cyatangaje ko cyiyemeje guha serivisi z’ubwishingizi Abanyarwanda baba mu mahanga aho bava bakagera ndetse kibizeza n’indi mishinga itandukanye iri gutegurwa igamije koroshya uko bashinganisha imitungo yabo.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > Rwanda_day_2024
Rwanda_day_2024
Articles
-
Abanyarwanda baba mu mahanga beretswe uko bashinganisha imitungo yabo muri SONARWA General
4 February 2024, by Igizeneza Jean Désiré -
Bruce Melodie yagaragaje inyungu zo kuba u Rwanda rufite inyubako zakira ibitaramo
4 February 2024, by Daniel HavugaruremaBruce Melodie uri mu batanze ibiganiro mu Rwanda Day 2024, yashimangiye uruhare rw’inzu zakira ibitaramo mu guteza imbere igihugu.
-
Abibwira ko mu Rwanda hatari amabuye y’agaciro bakwiye gukorwa n’ikimwaro- Gatare Francis
3 February 2024, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, Francis Gatare, yatangaje ko urwego rw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro rugenda ruvugwaho ibitandukanye, kugeza ubwo hari n’abantu batekereza ko nta mabuye y’agaciro acukurwa mu Rwanda, ahamya ko abo bagakwiye gukorwa n’ikimwaro.
-
Minisitiri Utumatwishima yagaragaje ibintu bitatu yabwiwe bizagira u Rwanda igihangange
3 February 2024, by Igizeneza Jean DésiréMinisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Jean Nepo Abdallah Utumatwishima, yagaragaje ko akigera bwa mbere muri Amerika agiye guhaha ubumenyi, akabona ubushongore n’ubukaka icyo gihugu gifite, yabwiwe n’umwarimu we ko u Rwanda niruramuka rufite umugabo uharanira impinduka nziza, rukagira igisirikare gikomeye ndetse n’urwego rw’abikorera ruhamye, ruzaba igihugu giteye imbere nka Amerika nta kabuza.
-
’BuySell or Rent’ yagejeje muri Diaspora uburyo bworoshye bwo kugura imitungo mu Rwanda
4 February 2024, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbuyobozi bw’isoko ’BuySell or Rent’ bwatangaje ko rimaze kugera ku Banyarwanda benshi baba mu gihugu aho basigaye bagura inzu, ibibanza, imodoka n’izindi serivisi zibonekaho bidasabye kunyura ku wundi muntu ubaca amafaranga adakenewe, ndetse bwereka ababa mu mahanga ko ari amahirwe aborohereza kugura imitungo mu gihugu cyababyaye.
-
Afite umushinga wo gutuza neza Abanyarwanda: Inyiturano ya Mulisa wigiye kuri buruse ya Perezida
5 February 2024, by Mugisha ChristianMulisa Egide, ni Umunyarwanda kuri ubu ukorera akaba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Yatangaje ko afite umushinga na bengenzi be bo muri diaspora, wo gutuza neza Abanyarwanda binyuze mu kugura ibibanza mu Rwanda, bakubakamo inzu ziciriritse ndetse bakorohereza n’abazisha kuzibona.
-
BK Group yijeje Abanyarwanda baba mu mahanga kubona serivisi z’ibigo byayo binyuze muri BK Mobile App
5 February 2024, by Igizeneza Jean DésiréUmuyobozi wa BK Group, Habyarimana Béata yagaragaje ko bashaka gufasha Abanyarwanda baba mu mahanga kubona serivisi z’imari zinoze, abizeza ko kuri iyi nshuro iki kigo kirajwe ishinga no kubafasha kuba bazibona zikomatanyije binyuze kuri porogaramu ya telefone ya BK Mobile App.
-
Ishimwe rya Bukuru na Butoya, impanga zahawe ikibanza na Perezida Kagame
6 February 2024, by Idukunda Kayihura Emma SabineBukuru Josephine Murphy na Butoyi Joselyne Alexandre, ni Abanyarwandakazi b’impanga baba muri Canada bemerewe ikibanza na Perezida Paul Kagame ubwo yari yitabiriye Rwanda Day yabereye i Toronto mu 2013, bakaba baramushimiye muri Rwanda Day iherutse kubera i Washington D.C muri Amerika banakomoza ku byo bakoresheje icyo kibanza.
IGIHE