Abakinnyi ba filime 15 barimo Mugisha Emmanuel wamenyekanye nka Clapton Kibonge, Antoinette Uwamahoro wamamaye nka Siperansiya n’abandi banyuranye bari muri Koreya aho bagiye gukarishya ubwenge.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Abakinnyi ba filime 15 barimo Clapton Kibonge na Siperansiya bagiye gukarishya ubwenge muri Koreya
29 June, by Nsengiyumva Emmy -
Teyana Taylor yihariye ibihembo muri BET Awards 2026 (Amafoto)
29 June, by Gilbert UkwizagiraUmukinnyi wa filime Teyana Taylor ni we watwaye ibihembo byinshi mu bihembo bya BET Awards 2026 byatanzwe mu birori byabaye mu ijoro ryo ku wa 28-29 Kamena 2026.
-
Mugwaneza na Rugwiro: Bruce Melodie yazuye akaboze kuri Muyoboke na The Ben baguye mu ruhame
29 June, by Nsengiyumva EmmyBruce Melodie yongeye kuvugisha abantu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo guhiga ubutwari na The Ben n’inshuti ye, benshi bita umujyanama we, Muyoboke Alex, ababatiza amazina ashingiye ku nshuro bagiye bagwa mu ruhame.
-
Dosiye ya Yugi ukurikiranyweho gusambanya Shaddyboo yagejejwe mu Bushinjacyaha
30 June, by Nsengiyumva EmmyDosiye ya Yugi Umukaraza ukurikiranyweho gusambanya ku gahato Shaddyboo, yagejejwe mu Bushinjacyaha ndetse mu byaha uyu musore yari akurikiranyweho, hiyongereyemo icyo gukoresha ibiyobyabwenge.
-
Muyoboke yashyize akadomo ku ntambara y’amagambo amazemo imyaka umunani na DJ Pius
30 June, by Nsengiyumva EmmyMuyoboke Alex yatangaje ko yafashe umwanzuro wo guhagarika kuvuga kuri DJ Pius, ashyira akadomo ku ntambara y’amagambo yari imaze imyaka umunani ibahanganishije, avuga ko azategereza bakazabonana imbonankubone bakumvikana nk’abagabo.
-
Impamvu Tems atakundana n’abasore bo muri Nigeria
30 June, by Gilbert UkwizagiraUmuhanzi w’Umunya-Nigeria, Temilade Openiyi, wamenyekanye mu muziki nka Tems, yatangaje ko nta musore wo muri Nigeria wamutereta ngo amwemeze, anavuga impamvu ibyihishe inyuma.
-
Teta Diane na Cyusa Ibrahim bazataramira mu Bubiligi mu birori byo Kwibohora32
30 June, by Karirima A. NgarambeTaliki ya 4 Nyakanga, ni umunsi ukomeye mu mateka y’u Rwanda, aho Abanyarwanda n’inshuti zabo bizihiza umunsi wo kwibohora, hazirikanwa ubwo ingabo za RPA zari zimaze kubohora u Rwanda zikanahagarika Jenoside yakorerwaga Abatutsi.
-
Afurika y’Epfo ishaka kwirukana Miss Chidimma ku kabi n’akeza
30 June, by Gilbert UkwizagiraAfurika y’Epfo ishaka kwirukana Miss Chidimma Vanessa Onwe Adetshina wageze mu cyiciro cya nyuma cy’irushanwa rya Nyampinga wa Afurika y’Epfo nyuma akaza kuryikuramo ritarangiye, ku kabi n’akeza.
-
Nizere ko mu ijuru ari kubaha ‘show’- Marina kuri Jay Polly
1 July, by Nsengiyumva EmmyMarina uri mu bahanzi bari gutaramira muri ‘MTN Iwacu Muzika Festival’ yahishuye ko kimwe mu bintu bimubabaza ari uko ibi bitaramo ari kubikora atari kumwe na Jay Polly.
-
Ni umuhanzi buri wese yakwifuza gufasha -Chriss Eazy kuri Utah Nice
1 July, by Nsengiyumva EmmyNyuma y’uko muri iyi minsi Chriss Eazy ari kuzenguruka imijyi itandukanye ataramana na Utah Nice mu bitaramo bya ‘MTN Iwacu Muzika Festival’, yavuze ko ari umwe mu bahanzi bafite impano buri wese yakwifuza gushyigikira.
IGIHE