Tyres Gibson ukubutse muri Uganda yashimiye uko Umugaba w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yamwakiranye urukundo kuva yagera muri iki gihugu kugeza akivuyemo.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Tyres Gibson yahize guhuza Kainerugaba na Beyoncé
29 August, by Nsengiyumva Emmy -
Filime ‘What a Day’ ya Papa Sava yatoranyijwe muri Silicon Valley African Film Festival 2026
29 August, by Nsengiyumva EmmyFilime ‘What a Day’ ya Niyitegeka Gratien uzwi cyane nka Papa Sava, yatoranyijwe kuzerekanwa muri Silicon Valley African Film Festival (SVAFF) 2026, iri mu maserukiramuco akomeye ahuza abakora sinema nyafurika n’abakunzi bayo.
-
The Ben yahawe ibihumbi 150$ ngo aririmbire umugore w’umukire i Kampala?
31 August, by Nsengiyumva EmmyThe Ben yirinze kwemeza cyangwa guhakana amakuru y’akayabo bivugwa ko yahawe ngo asusurutse umugore w’umukire wo muri Uganda wizihije isabukuru y’amavuko mu mpera z’icyumweru gishize.
-
Ibyaranze igitaramo ‘Diamond Platnumz Experience’ mu mashusho
30 August, by Nsengiyumva EmmyUmuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz, yongeye gutaramira i Kigali nyuma y’imyaka hafi itatu adataramira abakunzi be mu Rwanda, aho ku wa Gatandatu tariki 29 Kanama 2026 yakoze igitaramo cy’imbaturamugabo muri Parikingi ya BK Arena.
-
Ibitaramo bya King James byakomereje mu Budage (Amafoto)
31 August, by Nsengiyumva EmmyKing James uri mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki nyarwanda, yakoze igitaramo mu Budage, ashimisha Abanyarwanda n’abandi bakunzi b’umuziki bari bacyitabiriye.
-
Abarimo Niragire France bari mu Bushinwa mu nama yiga ku guhanga ibishya mu buhanzi
1 September, by Nsengiyumva EmmyAbahagarariye ibihugu bitandukanye barimo Abanyarwanda babiri, bateraniye mu Bushinwa mu nama yiswe ‘Seminar on Art Innovation and Management under the Global Civilization Initiative (GCI)’, igamije kungurana ubumenyi ku iterambere ry’ubuhanzi, guhanga ibishya no kunoza imicungire y’urwego rw’umuco n’ubuhanzi.
-
Uwatoraguye ikote Diamond yajugunye mu bafana i Kigali, yarishyize ku isoko
31 August, by Nsengiyumva EmmyUmusore witwa Mfitimfura Khalim Fiacre wafatiye mu kirere ikote Diamond aherutse kujugunyira abafana i Kigali, yarishyize ku isoko kugira ngo amafaranga azavamo amufashe kugura indi telefone.
-
Jay C yakomoje ku irengero rya album amaze imyaka ibiri yijeje abakunzi be
31 August, by Nsengiyumva EmmyNyuma yo gushyira hanze indirimbo ye nshya ‘Kampani’ yahuriyemo na Bull Dogg ndetse na Marina, Jay C yijeje abakunzi be ko indirimbo zisigaye kuri album azazisohorera rimwe mu minsi iri imbere.
-
Abo muri ‘Gen-Z Comedy’ batangiye kumesa ibyahi, kubera amakosa bakoze mu rwenya
31 August, by Nsengiyumva EmmyAbanyarwenya bo muri ‘Gen-Z Comedy’ batangiye amahugurwa y’iminsi itatu agamije kubongerera ubumenyi mu gutera urwenya kinyamwuga, nyuma yo kwisuzuma no kureba amakosa basanzwe bakora n’uburyo bayakosora.
-
Dosiye ya Taikun Ndahiro yoherejwe mu Bushinjacyaha
31 August, by Nsengiyumva EmmyDosiye ya Taikun Ndahiro watawe muri yombi ku wa 26 Kanama 2026 yoherejwe mu Bushinjacyaha kuri uyu wa 31 Kanama 2026, akaba akurikiranyweho ibyaha birimo icyo kunywa ibiyobyabwenge byo mu bwoko bw’urumogi n’icyo kwigomeka ku buyobozi’.
IGIHE