Ikipe ya Bayer Leverkusen yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’u Budage ku nshuro ya mbere mu myaka 120, icyishimira mu buryo budasanzwe burimo no gusoma kuri manyinya.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
Bayobotse "manyinya" karahava: Uko Bayer Leverkusen yishimiye igikombe (Amafoto)
15 April 2024, by Iradukunda Olivier -
AS Kigali yasubitse ibirori bya APR FC yari yizeye Igikombe cya Shampiyona; uko umukino wagenze (Amafoto)
15 April 2024, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Bugesera FC yatsinze Rayon Sports mu mukino ubanza wa 1/2 cya Peace Cup; uko wagenze (Amafoto)
17 April 2024, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Kuyobora umukino w’Umukuru w’Igihugu, izamuka ryihuse rya Tennis no kuba igicumbi cyayo: Ikiganiro na Karenzi Théoneste (Video)
21 April 2024, by Eric Tony UkurikiyimfuraBitandukanye no mu kindi gihe, muri iyi myaka ibiri cyangwa itatu uhereye mu 2022, u Rwanda ruri kwakira amarushanwa menshi mpuzamahanga ya Tennis ndetse uwavuga ko rwatangiye kuba igicumbi cyayo ntiyaba agiye kure y’ukuri.
-
Rugby: Shampiyona yongeye gukinwa nyuma y’amezi icyenda
24 March 2024, by IGIHENyuma y’amezi hafi 10 Shampiyona y’u Rwanda y’Icyiciro cya Mbere muri Rugby isojwe, umwaka mushya w’imikino watangiye ku wa Gatandatu, tariki ya 23 Werurwe 2024.
-
Siporo yinjirije u Rwanda hafi miliyari 17 Frw mu 2023
27 March 2024, by Eric Tony UkurikiyimfuraMinisiteri ya Siporo yatangaje ko ibikorwa bya siporo byabaye mu 2023, byinjirije igihugu agera kuri miliyoni 13$, ni ukuvuga hafi miliyari 17 Frw.
-
Benshi mu bakinnyi ba Rayon Sports ntibakwiye umwambaro wayo
24 April 2024, by Eric Tony UkurikiyimfuraMu mukino itagaragajemo imbaraga, inyota yo gutsinda n’ubwitange, Rayon Sports yatsinzwe na Bugesera FC ku wa Kabiri, isezererwa mu Gikombe cy’Amahoro ndetse bishimangira umwaka wayo mubi aho izasigara ku rugo mu mwaka w’imikino utaha.
-
Thiago Silva yasezeye Chelsea FC
29 April 2024, by Iradukunda OlivierNyuma y’imyaka ine, Thiago Silva wari myugariro wa Chelsea FC yasezeye muri iyi kipe mu gahinda kenshi, agaragaza ko mu mwaka utaha w’imikino atazaba ari kumwe nayo.
-
Peace Cup: Rayon Sports yegukanye umwanya wa gatatu itsinze Gasogi United (Amafoto)
30 April 2024, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
APR FC: Barazirunga gute ngo ntizikomeze kuba isogo?
2 May 2024, by Jah d’eau DukuzeAbakurambere bacu bakundaga kuvuga ko Isogo ari zo mboga zagiraga amababi arura cyane nubwo kuri ubu haje kuza amako yandi yazo atarura. Izi ngo ni iyo wazirungaga (kuzikaranga ukoresheje amavuta y’inka) zakomezaga kurura kandi ubundi ibirunge byarabaga ari ibiryo binurira mu Rwanda rwo hambere.
IGIHE