Igihe Gaby yari umunyeshuri mu amashuri y’isumbuye yagiye ku ishuri ageze i Musanze ahura n’umukobwa Chantal wacikirije amashuri ageze mu mwaka wa gatanu ahitamo gucuruza imyenda.
Home > Keywords > Valentine_2014 > valentine_news
valentine_news
Articles
-
NI INDASUMBWA MUHOZA KU ISONGA
8 February 2016 -
NTAWAZIMYA URWO ATACANYE
11 February 2016Wateraga akajisho hirya no hino ukakirwa n’urusobe rw’amajwi atandukanye,ikirere cyose cyari gitatswe n’amabara y’utunyoni twaririrmbaga, warabyitegerezaga amatsiko akarushaho kuba menshi kubw’urugendo twari twiteguye(Picnic), buri wese wabonaga akeye afite ibineza neza ku maso.
-
MON ELDORADO
11 February 2016Nabonye umunezero wange ubwo nigaga mu mwaka wa kane wa Kaminuza. Hari kw’itariki ya 13/6/2010 ubwo natahaga ubukwe bwa mugenzi wanjye i Kibungo.
-
YAMPAMIRIJE URUDACAGASE MURI GEREZA
11 February 2016Nuko umucamanza ati « Nyuma y’ubushishozi bw’urukiko(…) Roger ahanishijwe umwaka w’igifungo », mpindukiye inyuma mbona Millah, madamu wanjye hamwe n’abavandimwe, ararira cyane. Nubika umutwe nti nta kundi reka njye gukora uburoko.
-
ABAGORE BENSHI BABAYE INTWARI ARIKO WOWE URABAHEBUJE
8 February 2016.......,Nari narazinutswe icyitwa umukobwa cya umugore uretse maman wambyaye,kuko nari mfite ibikomere natewe n’uwari umukunzi wanjye twasangiraga akabisi nagahiye bose aho twabaga batuzi ariko akaba yari yarahemutse.
-
WHEN TWO HEARTS BECOME ONE
8 February 2016Herve was a friend to my cousin. He knew me but I didn’t know him. He would invite my cousin for a drink every evening not because he loves drinking, but because he wanted Concorde (my cousin) to tell him about me. But Concorde didn’t know what his intentions were.
-
LA LUMIERE AU FOND DU TUNNEL
11 February 2016J’avais vingt ans lorsque j’ai rencontré mon premier amour. Il s’appelait Patrick. Nous nous sommes croisés lors d’une fête chez des amis communs.
-
IBYAGO BYANJYE AMAHIRWE YANJYE
11 February 2016Buri gitondo yarazindukaga agahindura amashuka, akanyoza mu nguma n’utuzi dushyushye yarangiza akanyiyegamiza akampa igikoma mbere y’uko abaganga batangira gusura abarwayi mu bitaro.
-
UNKUYE MU GISATE CY’INGUNGURU
11 February 2016Umunsi nkuyu isaha nkiyi,ijuru ryishimye ,inyenyeri zicanira imitima y’urukundo urw’urwijiji ruta icura burindi , umucyo utama hose aho niho umwezi wavomye mu iriba ry’imitima urukundo ruzira amakemwa.”Burya inshuti yagusiga uwo muzabana kandi burya ngo ubaha buri wese kuko utazi uko bizagenda aho ni havuye”urukundo ruzima ruzira amakemwa”.
-
YAMPINDURIYE UBUZIMA
9 February 2016Igihe kimwe ntangira umwaka wa gatatu wa Kaminuza, naje gukandagirwa ubwo twari ku murongo tugiye gufata ifunguro ryo ku mugoroba, bitewe n’amahane n’urugomo nagiraga ubundi uwo muntu yagombaga kuba angoreweho dore ko benshi banyitaga Osama kubera imyifatire mibi yankemangwagaho.
IGIHE