Yakomeje ambwira ati : Muvandimwe,dore ugize amahirwe ubonye akazi nyuma y’imyaka myinshi uri mu bushomeri , uzabe umukozi ushimwa kandi wubaha bose kandi wibuke ko usize inshuti yawe i Kigali
Home > Keywords > Valentine_2014 > valentine_news
valentine_news
Articles
-
YAMPANAGUYE AMARIRA Y’URUKUNDO
11 February 2016 -
NTARIRARENGA NAWE WAKUNDWA SHENGE
11 February 2016Sinjye warose atirimuka, natangiye kwivuga amazina, na we ambwira ko yitwa Jeanne. Mugihe yasekaga nari natwawe kuburyo ntabashije kumva irindi zina, ahubwo nari nahugiye ku maso ye yari ateye neza cyane. Nta kindi nakurikijeho nahise musaba nimero ya telefone.
-
URUKUNDO RUDASANZWE
10 February 2016Nta gihe kiryoha nk’icyo kurambagiza ariko bikaba akarusho iyo urambagiza ufite intego ihamye.
Umutima mwiza wuje urukundo iyo uguhitiyemo uwo ukunda ukagira intego yo kurushinga(urugo),ugatangira ubimubwira wowe birakuvuna kenshi kuko akenshi nyine we uba umutunguye dore ko na kenshi aba atari anakuzi. -
URUKUNDO RUTAROBANURA
11 February 2016Mu mwaka wa 2010 umwaka w’amateka n’ishingiro ry’urukundo mu mutima wanjye ari nabwo namenye ko urukundo rutarobanura. Mvuze ko nari ndi mu rukundo sinaba mbeshye.
-
UMUKUNZI W’UBUDASA
10 February 2016Mu mwaka w’2014 nibwo ninjiye mu rukundo ariko nakwita ko ari intambara idafite gitabara. Nahuye n’uwo mwana turakundana. Uwo nakundanye nawe, benshi mu muryango wanjye ntibamukunze, ndetse na bamwe mu nshuti zanjye ntibamukunze.
-
NTAWE UKUNDUTIRA
11 February 2016Ntarakunda ngo nkundwe nkundwakazwe sinizeraga iby’urukundo, numvaga rutanabaho bitewe n’uburyo nabonaga abagore n’abagabo batandukana ndetse no gucana inyuma kw’abashakanye byariyongereye mu buryo bugaragara. Byatumye nibwira ko nta rukundo rukibaho ndetse numva kugira umugabo nizera bizangora nkabona ntawe uzaza atambeshya. Aho nari ntarafatwa na gakoco y’urukundo, ari yo ngiye kuvuga muri make muri iyi nkuru…
-
WANTOJE KUBA UMUGABO
11 February 2016Hari saa sita z’amanywa zibura iminota 15 mpagaze imbere y’ishuri mwishywa wanjye yigamo kuko nari ngiye kumucyura aho yiga mu mashuri y’inshuke ngo mutahane imuhira.
-
AHO URUKUNDO RURI NTIRUZIGERA RUBESHYA
10 February 2016Byari ku mugoroba wo kuwa Gatanu, nibwo natangiye kubona uwo umutima wanjye wanyemeje kwita umutarutwa. Icyo gihe nabonye amarenga ko ineza y’umuntu imutera gukundwa, aka wa muhanzi wavuze ko urukundo rutazigera rubeshya (Love will never lie).
-
YANDUTIYE ABANDI BOSE KU ISI YA RUREMA
8 February 2016Yatumye mu mateka yanjye nzinukwa abandi bakobwa kubera urukundo yanyeretse ruhebuje rutagira umupaka kandi tuzatandukanywa n’urupfu…..
-
AKANYANGE KANGE KARARUTASHYE
11 February 2016Hari ku masaha y’igicamunsi ubwo nageze ahantu mu rusisiro, nsanga akanyange kari n’utundi. Tugana hirya tugana hino, tugana hakurya tugana hakuno. Ubwo ndahagarara nditegereza, ndeba urwo rukererezabagenzi!
IGIHE