Nyuma y’imyaka 25 ndangije kaminuza narinzi ko byarangiye, ndavuga iby’urukundo kuri jye, umutima ukunda kuri jye wari warabaye ibuye, numvaga nzarera IMENA( umwana wanjye w’ikinyendaro, mumbabarire niko umuco wita umwana umukobwa yabyariye iwabo) na Marebe mwisengeneza wanjye nyuma yuko se na nyina bitabye Imana
Home > Keywords > Valentine_2014 > valentine_news
valentine_news
Articles
-
IMPAMBA Y’UMWAMI YATWARWAGA N’UMWIZERWA
11 February 2016 -
IYO RUSENDEREYE , ISURI IRASUMA RUGASIGARA
11 February 2016Uwo nkesha guhirwa n’urukundo, MUHIRE Placide twahuye mu mpera z’umwaka wa 2005, duhurira ku kigo yigagaho; ubwo twese twari tugiye kuhakorera ibizamini bya Leta dusoza amashuri yisumbuye.
-
AHO TWAHURIYE, ICYO NAMUKUNDIYE
11 February 2016Hashize imyaka itanu n’igice nkundana n’umusore witwa Rukundo twifuza kuzarushingana. Ni umusore mwiza pe! Ndamukunda kandi nawe arankunda. Niwe muntu tuvugana nkumva ndishimye, nkumva nisanzuye mubwira ibyo nshaka byose.
-
URUKUNDO SI UBUTUNZI, UWAMPOGOJE NABEREYE BUZIMA
11 February 2016Byambereye nk’inzozi menya ko urukundo atari ubutunzi ahubwo ko uwo rushatse rumusanga. Nibwo nari nkirangiza secondaire muri 2007 mpita mbona akazi muri Moteri Danana kwa bosi (ubu ni Muramu wanjye)
-
YARI UWANJYE
11 February 2016Hari mu mwaka wa 2008 mu kwezi kwa Gicurasi, ubwo nahuraga bwa mbere n’umukunzi wanjye, duhuriye mu munsi mukuru w’isabukuru y’amavuko y’umukobwa biganaga.
-
NJYE NAMWISE SHYAKA
10 February 2016.......Nari nzi ko ubuzima burangiye, ndiheba , ubuzima bwanjye guhera ubwo bwinjira mu mwijima , imitekerereze yanjye irahungabana, gusa urukundo rurakaramba, nirwo rwankuye mubyo nabonaga nk’amazi abira bimpindukira amata n’ubuki......
IGIHE