Bamwe mu bakirisitu basengera mu matorero atandukanye hari abagira ibyiringiro byo gusengerwa bafite ibibazo, bagasengerwa kuri telefoni n’abakozi...
Abantu benshi bakorera Imana, ibi ni byiza ariko iyo urebye hari ijambo dukwiye gusobanukirwa cyane, ni uko imigisha yose Imana yayikubiye mu...
Iyo dusomye ijambo ry’Imana mu rwandiko Pawulo yandikiye Abefeso 2:1-3 niho dusanga amagambo agira ati “Namwe yarabazuye mwebwe abari bapfuye...
Ku myaka 99 y’amavuko, Padiri George Defours washinze Umuryango w’Abasaveri ku Isi yatabarutse.
Padiri Defours yavukiye mu gihugu cy’u Bubiligi...
Iyo umuntu agize ikibazo, agerageza gushaka ubutabazi mu buryo butandukanye. Bamwe bajya mu bapfumu, abandi bakitabaza abakomeye ngo babafashe,...
“Nimwumve ijambo ry’ Uwiteka. Uwiteka aravuze ngo ejo nk’ iki gihe, ku irembo ry’i Samalia indengo y’ ifu y’ ingezi izagurwa shekeli imwe…2” - Abami...
Bamwe mu batuye Umujyi wa Kigali bavuga ko kudahuza idini kw’abashakanye bishobora guteza amakimbirane mu muryango ngo kuko baba bafite ikintu...